AMAFOTO 10: Umuhanzikazi Ayra Starr uri mu bihe bye byiza akomeje kotsa imbuga n’amafoto ye yambaye utwenda tuzamura irari ry’abafana / Ntajya yikwiza umubiri we awerekana uko wakabaye

Biragoye ko wavuga abahanzikazi bakomeye muri Afurika ngo usigaze uyu mukobwa w’umunya Nigeria Ayra Starr w’imyaka 21 y’amavuko uri kuvugisha benshi kw’isi kubera iborwa bye muri muzika ndetse n’imyambarire yo ihora ituma agarukwaho kenshi mw’itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga muri rusange.

Ayra Starr n’umukobwa wabaye nk’ucecekesha ho gato abandi bahanzikazi bo muri Afurika barimo n’bo mu gihugu cy’iwabo muri Nigeria kiri mu biyoboye muzika y’uyu mugabane dutuyeho.

Uyu muhanzikazi ufite akazi kenshi muri iki gihe , dore ko afite Tour , ari kuzenguruka mu bihugu byinshi by’Iburayi ndetse no muri Amerika , aho ageze aje kubataramira basigara bamuvuga ahanini bakagaruka no kumyambarire ye akunze kugaragara mumafoto atikwije akenshi yambaye bikini cyangwa utujipo tugufi , bitaba ibyo yakwambara ipantaro ikaba yaracikaguritse cyanga ibonerana kuburyo ikariso iba igaragara kukarubanda.

Si kumyambaro yo hasi gusa ahubwo uyu mukobwa Ayra Starr wiyiziho kugira amabere ateye neza agakundwa na benshi , nawe ntajya ayahisha abafana kuko akunze kugaragara yayambiye isutiye zifite imyenge ituma urebe ibyo ushaka maze bikazamura irari ry’abagabo benshi.

Kuba yitwara gutya uyu mukobwa byatumye hari abafana b’abandi bahanzikazi bamuyoboka kuko ubu ngo ariwe ubaha ikizwi nka Vibs mu mvugo y’iki gihe.

Aya rero akaba ariyo mafoto twabahitiyemo ya Ayra Starr uri mu bahanzi bahagaze neza kw’isi , doreko anafitanye indirimbo yasubiranyemo n’umunyamerikakazi ukomeye uzwi nka Kelly Rowland yitwa Bloody Smaritan.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.