( AMAFOTO 15) Reba neza ushire amatsiko ubwiza n’imiterere bya Laika Umuhoza , umuhanzikazi uri kugarukwaho ibirimo n’urukundo rwe na Harmonize

umuhanzikazi Laika Music n’umwe mu bamaze iminsi bari kuvugisha abantu bo hirya no hino  muri Afurika kuva muri Uganda kugera no mu Rwanda ndetse cyane cyane no muri Tanzania ahari umusore bacutse cyane w’icyamamare akaba n’umuyobozi wa Konde Gang uzwi nka Harmonize , uyu mukobwa akomeje kuvugisha benshi muri iki gihe bari kumugarukaho kubera ubwiza , kimero n’imiterere bitera irari abamuteyeho akajisho , kandi akaba anakoboka mu muryango w’abanyemoano zikomeye.

Laika Umuhoza, uzwi kandi ku izina rya Laika ni umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya Uganda, umwanditsi w’indirimbo, ndetse n’umuhanzi ufata amajwi, akora ku mutima cyane abakunzi b’umuziki wo munjyana zitandukanye akora nka afro-pop, afro-RnB, na muzika ya afro-zouk.

Yatangiye umwuga we wa muzika mu 2020 ubwo yasohokaga indirimbo yise ‘Ubwoko bwanjye’ nyuma yuruhererekane rwindirimbo nyinshi zitwikiriye.

Laika w’imyaka 26 ni umukobwa uvuka mu muryango w’abanyamuziki nka Alpha Rwirangira na mubyara wabo AY, umuraperi ukomeye wo muri Tanzania.
Ni umuhanzikazi umaze imyaka itatu yinjiye mu muziki, azwi mu ndirimbo zirimo Love Story, Netwalira, Overdose, Your Body, You Single, My Type na Nzuuno aherutse gusohora.

uyu mukobwa akomeje kuvugisha benshi muri iki gihe bari kumugarukaho kubera ubwiza

Laika Umuhoza, azwi muri muzika no ku mbugankoranyambaga ku izina rya Laika Music

Laika avuka mu muryango w’abanyamuziki bakomeye kandi bamamaye cyane nka Alpha Rwirangira ndetse na mubyara wabo AY

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.