Amafoto: Abakirisitu bitabiriye amateraniro hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19

Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020, hirya no hino mu gihugu zimwe mu nsengero zamaze kugaragaza ko zujuje ibisabwa kugira ngo zemererwe kongera gufungura, kandi zikabiherwa icyemezo, abayoboke bazo batangiye kwitabira amateraniro.

Mu kiliziya abantu bicaye bahanye intera

Mu kiliziya abantu bicaye bahanye intera

Mu byo insengero zigomba kuba zujuje, harimo kuba zarateguye uburyo abazigana basenga hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.

Kiliziya Gaturika Paruwasi Katederali ya Ruhengeri, ni imwe mu zemerewe gufungura mu Karere ka Musanze. Abakirisitu bazindukiye mu misa, ari na ko ababishinzwe babafasha kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.

Amafoto:

Abitabiriye isengesho barandikwa imyirondoro bakanapimwa umuriro

Abitabiriye isengesho barandikwa imyirondoro bakanapimwa umuriro

Mbere yo kugera aho bafatirwa ibipimo, abakirisitu baba bahanye intera

Mbere yo kugera aho bafatirwa ibipimo, abakirisitu baba bahanye intera

Hashyizweho aho abakirisitu bakarabira mbere yo kwinjira muri kiliziya

Hashyizweho aho abakirisitu bakarabira mbere yo kwinjira muri kiliziya


Kuri Paruwasi ya St Famille mu Mujyi wa Kigali na ho abakirisitu bazindukiye mu misa








Kuri Paruwasi ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali imirongo y’abashaka kujya mu misa yari miremire cyane




Muri Evangelical Restoration Church Ruhengeri na ho bateranye bubahirije amabwiriza






Reba andi mafoto HANO

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.