AMAFOTO : Alyn Sano yongeye kwisanga imyanya ye y’ibanga isa n’iri kukarubanda , Supaneti yari yikingirije yamutamaje ikariso ijya hanze!

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 27 Kanama 2023 mu ihema rya Camp Kigali, Umunyarwenya Eric Omondi ukomoka muri Kenya, yatembagaje ibyamamare n’abafana bitabiriye igitaramo ngarukakwezi cy’urwenya Seka Live.Muri iki gitaramo habereyemo udushya twinshi , ariko Alyn Sano we aza arimbura ubwo yiyerekanaga mu ikanzu ndende ya supanet y’umweru akimberekakaba kagufi ikariso ihishe igitsina ikigira kukarubanda.

Umuhanzikazi Alyn Sano yataramiye abitabiriye iki gitaramo, abasogongeza ku ndirimbo zigize album nshya yise ‘Rumuri’, anifuriza isabukuru umunyamakuru Antoinnette Niyongira ukorera Radiyo Kiss FM mu kiganiro cya mu gitondo.

Mu ikanzu ndende y’umweru, Alyn Sano yasogongeje abitabiriye Seka Live zimwe mu ndirimbo ziri kuri album nshya yise ‘Rumuri’ , gusa uko yari yambaye nabyo byarangaje benshi bitewe n’uko ikariso yose yagaragaraga inyuma.

Alyn Sano wemeye gutaramira muri iki gitaramo ku buntu , hibajijwe niba iyi myambarire ye yari yateguye ko bigenda kuriya cyangwa se bikaba byamugwiririye akisanga ibye bisa nkibiri kukarubanda.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.