Amafoto: Tugutembereze Gisenyi muri iki gihe cya #GumaMuRugo

Ibikorwa byo kurwanya icyorezo cya COVID-19 byatumye byinshi mu bikorwa bihagarara mu Mujyi wa Gisenyi wari umenyerewe nk’umujyi w’ubukerarugendo n’ubucuruzi.

Hamwe mu hantu hazwi hahoraga abantu benshi mu gihe cy’iminsi y’ikiruhuko ubu kubona umuntu uhatamba ni amahirwe, naho inyubako zari zimenyereye kwakira abantu zarafunze, mu gihe umusenyi wari umenyereye kwakira abawusura udaheruka ibirenge.

Kigali Today irakwereka amwe mu mafoto y’Umujyi wa Gisenyi muri iki gihe, y’ibice byari bikunze gusurwa ubu bitakibona abagenzi kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda hagashyirwaho amabwiriza yo kwirinda ingendo zitari ngombwa, gufunga imipaka, guhagarika ingendo mu turere no gufunga utubari.

Umusenyi ntuheruka ibirenge

Umusenyi ntuheruka ibirenge


Abantu bava guhaha bari mu nzira baratashye

Abantu bava guhaha bari mu nzira baratashye

Ahari hasanzwe hacururizwa isambaza imiryango yegekwaho iyo isambaza zishize

Ahari hasanzwe hacururizwa isambaza imiryango yegekwaho iyo isambaza zishize

Ahazwi nka Tam Tam nta bantu bakihagaragara nka mbere

Ahazwi nka Tam Tam nta bantu bakihagaragara nka mbere

Ku kabari kazwi nka Sun and Sand kakiraga abashaka koga mu mazi y

Ku kabari kazwi nka Sun and Sand kakiraga abashaka koga mu mazi y’ikiyaga ni uku hasa

Kuri aka kabari kitwa Sun and Sand ku mugoroba habaga hagaragara neza abahari bareba uko izuba rirenga

Kuri aka kabari kitwa Sun and Sand ku mugoroba habaga hagaragara neza abahari bareba uko izuba rirenga

Ku nkengero z

Ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu nta bantu baharangwa

Ubwato bwatwaraga abantu ababukoresha babukusanyirije hamwe bigira mu ngo zabo

Ubwato bwatwaraga abantu ababukoresha babukusanyirije hamwe bigira mu ngo zabo

Mu mihanda yo mu Mujyi wa Gisenyi nta rujya n

Mu mihanda yo mu Mujyi wa Gisenyi nta rujya n’uruza ruharangwa
















Hotel imiryango irafunguye ariko nta bantu bazigana nka mbere

Hotel imiryango irafunguye ariko nta bantu bazigana nka mbere

Ibyatsi byararaye ku nkengero z

Ibyatsi byararaye ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu nta bantu bakihagera









Umuhanda ugana ku bitaro bya Gisenyi

Umuhanda ugana ku bitaro bya Gisenyi


Umuhanda ujya ku karere no ku mazi y

Umuhanda ujya ku karere no ku mazi y’ikinyaga cya Kivu

Umuhanda ujya Nyamyumba

Umuhanda ujya Nyamyumba

umuhanda wa La Corniche

umuhanda wa La Corniche

Umuhanda ujya ku mazi na Hotel Serena

Umuhanda ujya ku mazi na Hotel Serena

Umuhanda w

Umuhanda w’amabuye ujya mu makoro uvuye ku mupaka munini







Umuhanda w

Umuhanda w’amabuye uzwi nk’umuhanda wa La Corniche

Umuhanda winjira mu mujyi wa Gisenyi uciye ku bitaro

Umuhanda winjira mu mujyi wa Gisenyi uciye ku bitaro

Utuyira tuzenguruka amazi twahoraga ari nyabagendwa

Utuyira tuzenguruka amazi twahoraga ari nyabagendwa

Mu ihuriro ry

Mu ihuriro ry’imihanda yinjira mu mujyi wa Gisenyi hahoraga urujya n’uruza rw’imodoka ubu ntaziboneka

Little Paris na Lake Side imiryango irafunze

Little Paris na Lake Side imiryango irafunze

Mu gihe cy

Mu gihe cy’umugoroba abari mu mirimo ikenewe cyane baba barimo gutaha

Akabari kitwa One Degree kari gakunzwe ku mazi karafunze

Akabari kitwa One Degree kari gakunzwe ku mazi karafunze

Uretse abava guhaha n

Uretse abava guhaha n’abava ku mirimo nta bandi bantu wabona mu muhanda

Mu masaha akuze nta wundi muntu uba ugaragara mu muhanda

Mu masaha akuze nta wundi muntu uba ugaragara mu muhanda

Benshi mu bagenda mu mujyi wa Gisenyi bakundaga ishusho ya nimugoroba igaragaza uko izuba rirenga

Benshi mu bagenda mu mujyi wa Gisenyi bakundaga ishusho ya nimugoroba igaragaza uko izuba rirenga

Amafoto: Sylidio Sebuharara

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.