AMAFOTO: Umuhanzi w’icyamamare muri Kenya Bahati yaherekeje umugore we Diana mu cyumba bakoreramo amasuku y’igitsina ngo bagisukure mbere y’uko agiha impano bizihiza igihe bamaranye ku nshuro ya 7

Ku wa gatatu, 11 Ukwakira 2023 – Uwahoze ari umuririmbyi mu ndirimbo ziramya zikanahimbaza Imana Kelvin Kioko uzwi ku izina rya Bahati yaciye impaka nyuma yo gusangira amafoto y’umugore we, Diana Marua, bari mu cyumba cya ‘vajacial’ aho babungabunga bakanita kw’isuku ya bimwe mu bikikije igitsina.

Mu gihe bizihizaga isabukuru y’igihe bamaranye ku nshuro ya 7 , Bahati yaherekeje umugore we Diana mucyumba bakoreramo ibijyanye no gusukura no kubungabunga ubwiza bwo ku gitsina , ngo yirebere “Ibyiza bye”

Asangiza amafoto ku mbuga nkoranyambaga, yaranditse amagambo agira ati: “Umwamikazi wanjye Diana Marua yambwiye ko ashaka kugisukura mbere yuko nkiha impano. Nabanje gusa nk’utamvumva neza nshaka kubyanga ariko ngeze aho ndabyemera twinjirana muri iki cyumba.”

Iki gikorwa kizwi kw’izina rya ‘Vajacial’ n’igikorwa bakorera umuntu cyane cyane kiba ingirakamaro cyane ku gitsina gore bakunda kwambara bikini ukabona hafi y’imyanya y’igitsina hasa neza kubera isuku haba hakorewe , bikanabafasha kubungabunga ibice by’ibanga wirinda nko kubabuka kugira uruhu rwashaje , kurinda impumuro mbi , gukuraho ubwoya bubangamye ku gitsina , ndetse n’ibindi.

Reaba Amafoto ya Bahati n’umugore we Diana bajyanye mu cyumba cya ‘Vajacial’ kuhakorera isuku mbere yo kuhaha impano:

Uyu muhanzi wo muri Kenya Bahati aherutse gukorana indirimbo n’umunyarwanda Bruce Melodie.

Bahati kuri ubu uririmba indirimbo zisanzwe zizwi nk’izi isi , yamenyekanye muri muzika aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.