Amafoto+Video: Siporo rusange ya mbere yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19

Kuri iki Cyumweru tariki ya 20 Nzeri 2020, mu Mujyi wa Kigali hongeye kubera siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’, yitabiriwe n’abantu banyuranye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19.

Ni yo siporo rusange ya mbere ibaye kuva mu kwezi kwa Werurwe uyu mwaka, ubwo icyo cyorezo cyagaragaraga mu Rwanda.

Mu mafoto, irebere uko iyo siporo yagenze:



















Kanda HANO urebe andi mafoto menshi yaranze iyi siporo

Reba uko byari byifashe mu mashusho

Amafoto: Plaisir Muzogeye

Video: Roger Marc Rutindukanamurego

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.