Kugirango igitsina gore bakubahe banagukundwakaze , ibi bintu uko ari 4 ni bimwe mu ibyingenzi ugomba kugira

Icybahiro ni kimwe mu bintu abantu benshi baba kw’isi baba baharanira kugeraho cyane cyane abagabo , uretse ko n’abagore muri iki gihe  nabo basigaye babaho bifuza ibyubahiro n’ubwo bitahozeho , …

Kugirango igitsina gore bakubahe banagukundwakaze , ibi bintu uko ari 4 ni bimwe mu ibyingenzi ugomba kugira Read More

AMAFOTO: Tembera Kibeho ahakoraniye imbaga kuri uyu munsi wa Assomption , aho bikira Mariya yabonekeye abanyarwanda

Ahagana Saa 12:35 z’amanywa yo ku wa Gatandatu tariki 28 Ugushyingo 1981, nibwo Umubyeyi Bikira Mariya yahamagaye uwari umwana w’umukobwa wigaga mu Ishuri ryisumbuye ry’abakobwa rya Kibeho, ku musozi wa …

AMAFOTO: Tembera Kibeho ahakoraniye imbaga kuri uyu munsi wa Assomption , aho bikira Mariya yabonekeye abanyarwanda Read More

Mu mwambaro w’agatamboro gato gahishe ku myanya y’ibanga Nyambo Jesca yongeye gutuma barabya indimi n’ubwo hari abari kumucyurira ubwiza bwe (Amafoto)

Agishyira hanze aya mafoto umunyarwandakazi umaze kwamamara muri filime z’uruhererekane ndetse akagaragara no mu ndirimbo z’ibyamamare yongeye gushyira hanze andi mafoto yavugishije abantu ibyo twakwita amangambure , maze bamwe bamurata …

Mu mwambaro w’agatamboro gato gahishe ku myanya y’ibanga Nyambo Jesca yongeye gutuma barabya indimi n’ubwo hari abari kumucyurira ubwiza bwe (Amafoto) Read More

Amafoto ari Sexy ya Alyn Sano atambaye ikariso yatigishije imbuga atera benshi gukora Zoom (Reba Amafoto)

Umuhanzikazi Alyn Sano akomeje kwivazwaho n’abafana be nyuma gushyira hanze amafoto atambaye akambaro k’imbere, avuga ko abateguje indirimbo. Rurangirwa muri muzika nyarwanda ndetse akaba umwe mu bakobwa bahagaze neza muri …

Amafoto ari Sexy ya Alyn Sano atambaye ikariso yatigishije imbuga atera benshi gukora Zoom (Reba Amafoto) Read More

Perezida Kagame wagizwe Big Giant Of Africa na Masai Ujiri yasabye urubyiruko gukora cyane rugateza imbere Afurika

Mu birori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giant of Africa umaze ushinzwe , Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gutangira gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu guteza imbere …

Perezida Kagame wagizwe Big Giant Of Africa na Masai Ujiri yasabye urubyiruko gukora cyane rugateza imbere Afurika Read More