MBIGENZE NTE? Umukobwa dukundana namwishyuriye amashuri akiyarangiza anca inyuma aterwa inda n’undi utari njye!

Burya koko ngo urukundo nta gisobanuro cya nyacyo wapfa kurubonera , rimwe biba biryoshye , ariko nanone kurundi ruhande hari igihe ibintu bikubaho ukayoberwa uko wakwifata , ukabura uko wabyitwaramo  …

MBIGENZE NTE? Umukobwa dukundana namwishyuriye amashuri akiyarangiza anca inyuma aterwa inda n’undi utari njye! Read More

NTIBISANZWE: Umusore yateye akabariro iminsi itatu ataruhuka ahita apfa ariwe wizize!

Nyuma yo gufata imiti yongera akanyabugabo maze agahamagara umukunzi we akamusanga muri (Lodge) ibyumba baruhukiramo bagatera akabariro amasaha arenga 72 yose , umusore w’imyaka 30 w’umunya Uganda witwa Justus bamusanze …

NTIBISANZWE: Umusore yateye akabariro iminsi itatu ataruhuka ahita apfa ariwe wizize! Read More

Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana

Akenshi na kenshi iyo abasore bahoberanye n’abakobwa bakunze kurangwa no kubakorakora kubasoma byimbitse ndetse no kubakanda kumabuno kandi cyane , ibi bikagira igisobanuro kubijyanye n’ibintu bimwe cyangwa ibindi biganisha ku …

Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana Read More

BIRABABAJE! Abageni b’i Nyamasheke bakoreye ubukwe kwa muganga nyuma y’impanuka ikomeye yahitanye 2 barimo na sebukwe w’umusore

Abageni aribo Nyirandagijimana Bonifrid na Niyitanga Pacifique bo mu Karere ka Nyamasheke basezeraniye mu Bitaro bya Kibogora nyuma y’uko umukobwa akoze impanuka ari kumwe n’abari bamuherekeje berekeza ku rusengero, igahitana …

BIRABABAJE! Abageni b’i Nyamasheke bakoreye ubukwe kwa muganga nyuma y’impanuka ikomeye yahitanye 2 barimo na sebukwe w’umusore Read More

Biteye agahinda uburyo izi nyamanswa uko ari 5 zipfa ziri kubyara abana bazo bakirera

Kubaho kw’ikinyabuzima runaka hakazagera igihe hakabaho kwibaruka nibimwe mu bishimisha ibinyabuzima birimo inyamanswa ndetse n’abantu muri rusange  , Gusa muri izo nyamanswa zibyara siko zose zibasha kurera abo zabyaye . …

Biteye agahinda uburyo izi nyamanswa uko ari 5 zipfa ziri kubyara abana bazo bakirera Read More

Jay Z niwe wasohoye nyina akanamuherekeza no kuri Altar ubwo yarongoranaga n’umugore mugenzi we

Mu bukwe bwari bwagizwe ibanga cyane Gloria Carter nyina wa Jay Z umuraperi ukomeye cyane kw’isi yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we Roxanne Wilshire bakundanye imyaka 7.TMZ yavuzeko uyu muraperi Jay …

Jay Z niwe wasohoye nyina akanamuherekeza no kuri Altar ubwo yarongoranaga n’umugore mugenzi we Read More