Mu Burundi ibintu ntibyoroshye , Akaboga kari kurya umugabo kuko ubu kumva ubunurire bw’akanyama biri gusaba kuba wifite

Abagura inyama mu mujyi wa Rumongi mu Burundi, barataka igiciro gihanitse cyazo, bavuga ko kuri ubu ziri kwigonderwa n’uwifite, bagasaba ubuyobozi kugira icyo bubikoraho nabo bakasha kwikora kumunwa bakumva ku …

Mu Burundi ibintu ntibyoroshye , Akaboga kari kurya umugabo kuko ubu kumva ubunurire bw’akanyama biri gusaba kuba wifite Read More

Nyuma y’uko abwiye nyina ko agiye gukatira uwari umukunzi we yahise amwica umurambo awusiga ku kibuga cy’indege ahungira iwabo

Kevin Kinyajui Kang’ethe, umugabo ufite inkomoko muri Kenya ariko wari utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, arashinjwa kwica umukobwa bakundanaga, agahita atega indege imusubiza iwabo muri Kenya. Kevin bivugwa …

Nyuma y’uko abwiye nyina ko agiye gukatira uwari umukunzi we yahise amwica umurambo awusiga ku kibuga cy’indege ahungira iwabo Read More

Ubuzima n’ubwawe kandi nawe ugomba kwikunda ukiyitaho! / Dore izi ni Siporo 4 wakora bikakugabanyiriza ububabare bw’umugongo

Umugongo ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umuntu rukoreshwa cyane, ibi rero bituma akenshi umuntu ashobora kuwumvamo uburibwe bukabije buri gihe cyane cyane iyo ananiwe. Ni byiza rero ko tuwufasha kuruhuka …

Ubuzima n’ubwawe kandi nawe ugomba kwikunda ukiyitaho! / Dore izi ni Siporo 4 wakora bikakugabanyiriza ububabare bw’umugongo Read More

Igice cya mbere: Dore uburyo bwiza wakorakora (caresses) umugore ukamutosa kugeza biciyemo mugatera akabariro ku buryo bushimishije

Tubanze twemeranye ku kintu kimwecyo gukorakoranaho, (caresses) ari ikintu cy’ingenzi cyambere mu bitera kwifuza kuryamana hagati y’umugore n’umugabo. Bizwi ko ubundi mu miterere y’umugore, inkomoko yo kwifuza ituruka kure, atari …

Igice cya mbere: Dore uburyo bwiza wakorakora (caresses) umugore ukamutosa kugeza biciyemo mugatera akabariro ku buryo bushimishije Read More