Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto)

Turahirwa Moses wamamaye mu guhanga imideri abinyujije mu nzu ye izwi kw’izina rya Moshions , yavuzweho cyane aba umwe mu bari bigaruriye imbuga nkoranyambaga mu minsi ishize bitewe n’amashusho n’amafoto …

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto) Read More

Ese Moses Turahirwa nyiri Moshions kuba afunzwe bihuriye he no kuba aryamana n’abo bahuje ibitsina bari muri (LGBTQ)?Dore uko bimeze!

Itangazamakuru mpuzamahanga ryiganjemo iryo mu Burengerazuba bw’Isi, ryasamiye hejuru inkuru y’ifungwa rya Turahirwa Moses washinze Inzu y’Imideli ya Moshions, riyisanisha no kuba abarizwa mu Muryango w’Ababana bahuje ibitsina mu Rwanda …

Ese Moses Turahirwa nyiri Moshions kuba afunzwe bihuriye he no kuba aryamana n’abo bahuje ibitsina bari muri (LGBTQ)?Dore uko bimeze! Read More

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana batatu umunsi umwe baguye mu mpanuka y’imodoka. Ibi Minisitiri yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga ze by’umwihariko urukuta rwa …

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6 Read More

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera

Umuherwe Elon Musk arateganya kwirukana 75% by’abakozi ba Twitter naramuka aguze uru rubuga nkoranyambaga. Ikinyamakuru Washington Post cyatangaje ko abantu bagera ku 7.500 bakorera kuri Twitter ariko 75% ku ijana …

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera Read More

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora

Urukundo rwa babiri kirazira kurwivangano, gusa hari ubwo umwe muri bo aba akeneye inama mbere y’uko arukomeza ari nayo mpamvu umusore yatwandikiye atugisha inama ngo amenye niba kwemera ibyo uyu …

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora Read More

Madonna yijihije imyaka 30 y’igitabo cye ‘SEX’ cyafashije abarimo Card B ,Miley Cyrus na Kim Kardashian

Madonna yashimye igitabo cye yise ‘S.E.X’ cyimaze imyaka 30 gisohotse ndetse akomoza ku kuba cyaraciriye inzira abarimo Cardi B, Kim Kardashian hamwe na Miley Cyrus. Umuhanzikazi w’icyamamare Madonna w’imyaka 64 …

Madonna yijihije imyaka 30 y’igitabo cye ‘SEX’ cyafashije abarimo Card B ,Miley Cyrus na Kim Kardashian Read More

UNHCR yababajwe n’igikorwa cya kinyamanswa ubwo abimukira 92 basangwaga bambaye ubusa bahatirwa kwambuka umugezi

Umuryango w’Abibumbye watangaje ko wababajwe cyane n’amakuru yatanzwe na Guverinoma y’u Bugereki yavuze ko ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira yatahuye abimukira 92 basa nk’aho bambaye ubusa kandi bakomerekejwe ubwo bahatirwaga …

UNHCR yababajwe n’igikorwa cya kinyamanswa ubwo abimukira 92 basangwaga bambaye ubusa bahatirwa kwambuka umugezi Read More

Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo amaze kurenza ku amafoto mashya yashyize hanze

Isimbi Noeline n’umukobwa w’umunyarwandakazi wigeze no kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda , maze nyuma yaho uyu mukobwa akaza kwishora mu mwuga w’uburaya , Aha umuntu akibaza niba nk’uyu mukobwa yagira …

Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo amaze kurenza ku amafoto mashya yashyize hanze Read More