Abanyeshuri barenga 90% baratsinze mugihe abandi ibihumbi 39 bategetswe gusibira

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 39,655 batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2021/2022 bagomba gusibira, kugira ngo babanze buzuze ibisabwa bazabone kwemererwa kujya mu byiciro bikurikiyeho. Kuri uyu …

Abanyeshuri barenga 90% baratsinze mugihe abandi ibihumbi 39 bategetswe gusibira Read More

RDC: Abasirikare 11 barimo n’abakoroneri bishe abashinwa bakabiba zahabu basabiwe igihano cyo kwicwa

Abasirikare 11 barimo Abakoloneli babiri b’ingabo za FARDC basabiwe igihano cy’urupfu bazira kwica abashinwa babiri bakoraga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu majyaruguru y’Uburasirazuba bwa Congo. Kuri uyu wa mbere, Ubushinjacyaha …

RDC: Abasirikare 11 barimo n’abakoroneri bishe abashinwa bakabiba zahabu basabiwe igihano cyo kwicwa Read More

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa

Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. …

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa Read More

Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 12 yarihebye kugeza aho yumva ko Imana yamuhemukiye , yamuhaye abana beza

Mukarugwiza Monique ni umukristo, akaba umubyeyi w’abana 2, yamaranye umubabaro imyaka 12 kuko atari yabonye urubyaro. Mu bishoboka byose kwa muganga ntacyo batakoze, babwiwe ko byibura amahirwe ahari ashoboka ari …

Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 12 yarihebye kugeza aho yumva ko Imana yamuhemukiye , yamuhaye abana beza Read More

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye!

Nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa kuri 50 Cent umuraperi ukomeye muri Amerika bavugako yibagishije igitsina ngo bacyongere ingano , uwahoze ari umugore we Vivica A Fox yabinyomoje avugako ibi ari …

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye! Read More

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yatangaje ko atari bwitabire ifatwa ry’ifoto rusange y’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu iri bufatwe kuri uyu wa kabiri kuko amasezerano arebana no gucuruza isura ye yongereye …

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto Read More

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo

Ibirayi ni kimwe mu biribwa byibanze ku mubare munini w’Abaturarwanda, akarere ka Musanze niko ka mbere gahingwamo ibirayi byinshi mu Rwanda. Kuri ubu abatuye muri aka karere bumiwe amagambo ashira …

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo Read More

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe

Umutaliyani witwa Marcell Jacobs watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100 mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo mu Buyapani yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize n’umukunzi we Nicole Daza. …

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe Read More