DevOps Engineer
Company: One Acre Fund One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five …
DevOps Engineer Read MoreThe Time Is Now
Company: One Acre Fund One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five …
DevOps Engineer Read MoreIbiza byatewe n’imvura yaraye iguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu inazinduka igwa kuri uyu wa Kane tariki 7 Gicurasi 2020, yahitanye ubuzima bw’abantu 11 mu Karere ka Nyabihu, 12 mu Karere ka Gakenke n’abandi batatu mu Karere ka Musanze.
Amafoto+Video: Ibiza byahitanye abantu 26 mu Turere twa Gakenke, Musanze na Nyabihu Read MoreKuva ku wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020, imyinshi mu mirimo yongeye gusubukurwa mu Rwanda, abajya mu mirimo basabwa gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kwirinda Covid-19.
Nibiba ngombwa imodoka zitwara abantu ku buryo rusange zizongerwa – RURA Read MoreIbijumba bizwiho kuba bibora vuba mu gihe bikuye bikamara ibinsi bidatetswe, ariko hari abahanga mu buzima bw’ibimera bavuga ko umuntu ashobora kubibika bikaba byamara n’ukwezi.
Umuhinzi udafite amashanyarazi ashobora kubika ibijumba bikageza ku mezi atandatu Read MoreBanki nkuru y’u Rwanda (BNR) iratangaza ko yakuyeho ibipimo ntarengwa by’amafaranga abikuzwa n’abanyamuryango ba SACCOs byaherukaga gushyirwaho kubera icyorezo cya COVID-19.
BNR yakuyeho ibipimo ntarengwa by’amafaranga abikuzwa muri SACCOs Read MoreRutahizamu w’Ikipe ya Sunrise Omovire Babua Samson yasezeye mu ikipe ya Sunrise nyuma y’imyaka ine yari amaze akinira iyi kipe yo mu Burasirazuba bw’u Rwanda.
Babua Samson yasezeye ikipe ya Sunrise Read MoreMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko kuri uyu wa gatatu tariki 06 Gicurasi 2020 habonetse abandi bantu barindwi (7) barwaye COVID-19 bituma abamaze kwandura icyo cyorezo mu Rwanda bose hamwe baba 268.
Mu Rwanda habonetse abandi barwayi 7 ba #COVID19 Read MoreAbacururiza mu Mujyi wa Kigali bishimiye ko kuva ku wa mbere tariki 04 Gicurasi 2020, bongeye gusubukura imirimo ijyanye n’ubucuruzi bw’ibikoresho bitandukanye.
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo (Video) Read MoreUmunyamabanga Mukuru wa Sendika y’abarimu bakora mu bigo by’amashuri yigenga n’abakozi babikoramo (SYNEDUC), Abdon Faustin Nkotanyi, avuga ko bamaze kumenya ibigo 20 byamaze gusubika amasezerano y’akazi ku bakozi babyo biganjemo abarimu.
Amashuri 20 yigenga amaze gusubika amasezerano y’akazi n’abakozi Read MoreBuri muntu iyo agiye mu kazi agira imyenda runaka yambara bitewe n’akazi akora. Abakora mu biro bambara imyenda y’ibiro itandukanye n’iyo kurimba. Abunganizi mu mategeko n’abacamanza mu Rwanda bambara amakanzu y’umukara yitwa ‘toge d’avocat’ cyangwa ‘court dress’.
Menya inkomoko y’ikanzu y’abanyamategeko Read MoreMuri iki gihe, Isi yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus, aho kuva mu kwezi k’Ukuboza 2019 kugeza uyu munsi icyo cyorezo kigaragara mu bihugu hafi ya byose bigize imigabane yose y’isi.
#COVID19: Ingaruka ziganisha ku gutsindwa burundu kw’imitwe yitwaje intwaro irwanya u Rwanda Read MoreNyuma y’Uko Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima, OMS, ugaragaje ko kwambara agapfukamunwa ari bumwe mu buryo bwizewe bwo kwirinda kwandura ndetse no kwanduza icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi; hirya no hino bakanguriwe kutwambara babishyira mu bikorwa.
Amafoto: Mbega udupfukamunwa dutangaje!! Read More