Downtown yorohereje abakodesha kwishyura ubukode bwa Mata, bo barasaba gusonerwa

Ubuyobozi bw’Inyubako ya ‘Downtown Ltd’, iherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati, bwamenyesheje abahakodesha bose ko nyuma yo kugenzura ingaruka zatewe n’icyorezo cya COVID-19, bwaborohereje uburyo bwishyura ubukode bw’ukwezi kwa Mata, bakazakwishyura mu byiciro bitatu.

Downtown yorohereje abakodesha kwishyura ubukode bwa Mata, bo barasaba gusonerwa Read More

Tariki 06 Gicurasi 1994: Inkunga ya Gisirikari u Bufaransa bwahaga Leta y’abicanyi yihutishije Jenoside

Mu ntangiriro z‘ukwezi kwa gatanu 1994 Abatutsi bakomeje kwicwa, mu duce twari tukiri mu maboko y’ingabo z’abicanyi. Izo ngabo zakomeje guterwa inkunga na Leta y’u Bufaransa, kandi yari izi neza ko mu Rwanda hakorwaga Jenoside. Iyo nkunga yahabwaga igisirikari cy’abicanyi yihutishije Jenoside, bituma hamwe na hamwe hicwa n’abari kurokoka.

Tariki 06 Gicurasi 1994: Inkunga ya Gisirikari u Bufaransa bwahaga Leta y’abicanyi yihutishije Jenoside Read More

Ikarita ya ‘Tap&Go’ yakwanduza kimwe n’ibindi, kwirinda bigomba gukomeza – RBC

Umukozi wa Minisiteri y’ubuzima ushinzwe imikoranire n’itangazamakuru Julien Mahoro Niyingabira avuga ko ingamba zo kwirinda CVID-19 zigomba gukomeza kuko bitabaye, ikarita ikoreshwa mu kwishyura ingendo mu Mujyi wa KIgali (Tap and Go), intebe no guhererekanya amafaranga byatuma indwara ikwirakwira.

Ikarita ya ‘Tap&Go’ yakwanduza kimwe n’ibindi, kwirinda bigomba gukomeza – RBC Read More