Abafite serivisi zitemerewe gufungura muri iyi minsi si igihano bahawe – Min. Soraya

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Soraya Hakuziyaremye, yasabye abatanga serivisi z’ubucuruzi zemerewe kongera gukora kwitwararika bubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, ariko anibutsa ko abafite serivisi zitemerewe gufungura badakwiye kutabifata nk’igihano, kuko ari mu rwego rwo gukomeza gukumira ubwandu.

Abafite serivisi zitemerewe gufungura muri iyi minsi si igihano bahawe – Min. Soraya Read More

Abasanzwe ari ba bihemu mu mabanki ntibari mu bazafashwa nyuma ya COVID-19 – Dr Nsanzabaganwa

Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), Dr. Nsanzabaganwa Monique, avuga ko mu gihe COVID-19 yadindije imikorere hagati y’ibigo by’imari n’abakiriya babyo, hari kwigwa uburyo bwo kuganira uko abafashe inguzanyo bakoroherezwa kuzishyura binyuze mu bushishozi n’imyitwarire iranga abasaba inguzanyo.

Abasanzwe ari ba bihemu mu mabanki ntibari mu bazafashwa nyuma ya COVID-19 – Dr Nsanzabaganwa Read More