Abafaransa bagiye kwifashisha amagare nyuma ya #GumaMuRugo

Mu rwego rwo korohereza abaturage mu gihe gahunda ya #GumaMuRugo izaba irangiye, Abafaransa barashishikarizwa kujya bagenda ku magare, mu gihe bajya cyangwa bava ku kazi, ndetse no mu zindi ngendo aho gukoresha uburyo butwara abantu. Ibi bizatuma abantu batagenda begeranye cyane, kuko buri wese yaba agendera ku igare rye, mu rwego rwo gukomeza kwirinda kwanduzanya icyorezo cya Covid-19.

Abafaransa bagiye kwifashisha amagare nyuma ya #GumaMuRugo Read More

Sudani: Gukata ibice by’igitsina cy’abakobwa n’abagore bizajya bihanishwa imyaka 3 y’igifungo

Leta ya Sudani yamaze kwemeza itegeko rivuga ko uzafatitwa mu gikorwa cyo gukata bimwe mu bice by’igitsina ku bakobwa n’abagore (Female genital mutilation) bifatwa nko gusiramura abagore n’abakobwa, azajya ahanishwa igihano cy’imyaka itatu y’igifungo.

Sudani: Gukata ibice by’igitsina cy’abakobwa n’abagore bizajya bihanishwa imyaka 3 y’igifungo Read More

Sobanukirwa ibiranga Kapiteni w’ikipe mu mikino itandukanye

Nk’uko imikino itandukanye mu buryo bw’imikinire, amategeko, imipira ikinwa ndetse n’ibindi bikoreshwa mu kibuga nk’inkweto, imyenda bambara ndetse n’amategeko . Mu kibuga cy’umukino uwo ari wo wose hagomba kuba umukinnyi uyoboye abandi ari we Kapiteni ugomba kugira ikirango kimugaragaza kikamutandukanya n’abandi.

Sobanukirwa ibiranga Kapiteni w’ikipe mu mikino itandukanye Read More