Abanyarwanda bihangane ibirori n’ubukwe birabujijwe – Minisitiri Shyaka

Icyorezo cya COVID-19 cyakomye mu nkokora abari bafite ubukwe barabuteguye. Benshi ubu barahombye, abandi amatariki arimo arabagereraho, bamwe bakaba batari bazi niba bashobora kubukora cyangwa bashobora kubusubika, cyangwa bashobora gukora ubukwe bw’abantu bakeya nk’uko abashyingura hemerewe abatarenze 30, nk’uko amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya COVID abigaragaza.

Abanyarwanda bihangane ibirori n’ubukwe birabujijwe – Minisitiri Shyaka Read More

Kenya: Umugore watetse amabuye yabuze icyo agaburira abana ibyamubayeho nyuma ni ibitangaza

Amafoto y’umugore witwa Peninah Bahati Kitsao, utuye mu mujyi wa Mombasa muri Kenya atetse amabuye, yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zinyuranye muri Kenya. Uyu mugore yabwiye ibitangazamakuru binyuranye ko yatetse aya mabuye kugira ngo ahe abana be 8 atunze, icyizere cy’uko baza kurya, kuko ngo COVID-19, yamuteje ubukene kugera aho abura icyo agaburira abana.

Kenya: Umugore watetse amabuye yabuze icyo agaburira abana ibyamubayeho nyuma ni ibitangaza Read More

Umunsi mpuzamahanga w’Umurimo : Hari ibibazo byinshi bidafite ibisubizo, ariko hari icyizere

Umukunzi wa Kigali Today witwa Gasore Séraphin akaba Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa COTRAF-RWANDA n’Umuhuzabikorwa wa Synergie-Zamuka, yifuje gusangiza abandi basomyi iyi nkuru yagejeje kuri Kigali Today ikoze mu buryo bw’Igitekerezo (Opinion) ariko by’umwihariko kijyanye n’uyu munsi mpuzamahanga w’Umurimo.

Umunsi mpuzamahanga w’Umurimo : Hari ibibazo byinshi bidafite ibisubizo, ariko hari icyizere Read More