Umuryango ILO wagaragaje igihombo COVID-19 yateje mu mirimo
Umuryango mpuzamahanga wita ku murimo (International Labour Organization – ILO) wasohoye raporo ivuga ku murimo muri rusange ku igenzura uwo muryango wakoze muri iki gihe cya Covid-19, aho ugaragaza impungenge z’uko urwego rw’imirimo itanditse (Informal Sector) rwazahajwe bikomeye n’icyo cyorezo.
Umuryango ILO wagaragaje igihombo COVID-19 yateje mu mirimo Read More