Musanze: Koperative y’abanyonzi yatangiye kugoboka abanyamuryango muri ibi bihe bya COVID-19

Kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru, abagize Koperative y’abatwara abagenzi ku magare ‘Cooperative de Vélos de Musanze’ (CVM) bazwi nk’abanyonzi, bari gushyikirizwa amafaranga y’ubwasisi bwo kubagoboka muri ibi bihe babaye basubitse akazi hirindwa icyorezo cya Covid-19.

Musanze: Koperative y’abanyonzi yatangiye kugoboka abanyamuryango muri ibi bihe bya COVID-19 Read More

Iyi miryango yatanze abakinnyi benshi muri ruhago y’u Rwanda

Umwe mu basizi bakomeye babayeho mu Rwanda ari we Nyakayonga ka Musare mu gisigo cye yigeze kuvuga ko ‘ukwibyara gutera ababyeyi ineza.’ Aha yashakaga kwerekana ko iyo ababyeyi babyaye umwana akabakurikiza bibashimisha. Hari n’imigani nyarwanda iganisha aha nk’igira iti “Mwene Samusure avukana isunzu, Inyana ni iya mweru” n’iyindi.

Iyi miryango yatanze abakinnyi benshi muri ruhago y’u Rwanda Read More

Abanyarwanda baba muri Ghana bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, urubyiruko rwiyemeza kurwanya abayipfobya

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baba muri Ghana, bibutse ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Uwo muhango wabaye ku Cyumweru tariki ya 26 Mata 2020, ukorwa hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi.

Abanyarwanda baba muri Ghana bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, urubyiruko rwiyemeza kurwanya abayipfobya Read More