Rwanda Shop Manager
Company: One Acre Fund One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five …
Rwanda Shop Manager Read MoreThe Time Is Now
Company: One Acre Fund One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five …
Rwanda Shop Manager Read MoreMu gihugu cya Tanzania inama n’imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko yasabiwe guhagarikwa, nyuma y’uko umudepite bamupimye bakamusangamo icyorezo cya coronavirus.
Tanzania: Abantu 254 bamaze kwandura COVID-19 barimo n’Umudepite Read MoreMuri ibi bihe byo kuguma mu rugo kubera Coronavirus, hari ibikorwa remezo byiganjemo iby’ubuzima, uburezi no kurengera ibidukikije Leta yemeje ko biri mu by’ibanze bigomba gukorwa mu gihe cya vuba.
Leta yagaragaje imishinga y’ibikorwa remezo bigiye gukomeza kubakwa Read MoreIkigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA) gitangaza ko igitambaro kidodwamo agapfukamunwa atari ikibonetse cyose, kuko hari ibyo kigomba kuba cyujuje kugira ngo agapfukamunwa kakozwemo kabashe kurinda ukambaye.
Menya ubwoko bw’igitambaro cyakorwamo agapfukamunwa Read MoreBanki ya Kigali (BK), iratangaza ko mu rwego rwo gufasha abakiliya bayo bashobora guhura n’ibibazo by’ubukungu muri ibi bihe bya Coronavirus, yabashyiriyeho inguzanyo yise “Turikumwe Special Loan”, bashobora gusaba bibereye mu ngo zabo, bakayihabwa mu masaha 48.
BK yashyiriyeho abakiliya bayo inguzanyo ‘Turikumwe Special Loan’ yo kubagoboka mu bihe bya COVID-19 Read MoreU Rwanda rurimo gusuzuma imashini yakozwe n’Abanyarwanda b’inzobere mu gukora ibikoresho by’ubuvuzi ikaba ingenzi mu kuvura abarwayi ba COVID-19 bakenera kongerewa umwuka bahumeka.
U Rwanda ruragerageza imashini yakozwe n’Abanyarwanda yifashishwa mu kuvura COVID-19 Read MoreIbitaro bya Kaminuza bya Lagos muri Nigeria byatangaje ko byabyaje umubyeyi w’imyaka 68 y’amavuko, ubu akaba afite abana b’impanga.
Nigeria: Umugore w’imyaka 68 yabyaye impanga Read MoreUbuyobozi bw’Akarere ka Muhanga burahamagarira abaturage kwitabira gukora imishinga y’inguzanyo ziciriritse zibafasha kwiteza imbere kuko ayo mafaranga yageze ku Mirenge SACCO.
Muhanga: Asaga miliyoni 200FRW ategereje abayaguza muri muri VUP Read MoreMu Murenge wa Kabatwa mu Karere ka Nyabihu hari abayobozi b’inzego z’ibanze batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bakekwaho kugira uruhare mu kunyereza amabati yari agenewe abaturage basenyewe n’umuyaga.
Nyabihu: Hari abayobozi batawe muri yombi bashinjwa kunyereza amabati agenewe abaturage Read MoreBamwe mu babyeyi ndetse n’abana bagomba gukurikira amasomo kuri radio na televiziyo bari mu rugo, bavuga ko kumenya gahunda ikurikizwa bibagora bakifuza ko hakongerwa uburyo bwo kumenyekanisha iyo gahunda kugira ngo badacikanwa.
Ababyeyi bifuza ko hakongerwa uburyo bwo kumenyekanisha gahunda y’amasomo Read MoreIsiganwa ry’amamodoka rizwi nka Rwanda Mountain Gorilla Rally ryagombaga kuba mu kwezi gutaha ryamaze gusubikwa kubera icyorezo cya Coronavirus
Isiganwa “Rwanda Mountain Gorilla Rally 2020” ryasubitswe Read MoreAbakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports babinyujije kuri Kapiteni w’iyi kipe Eric Rutanga, banyomoje ubuyobozi bwahagaritse imishahara yabo, bukavuga ko bwabyumvikanye n’abakinnyi kandi nta biganiro byo guhagarika imishahara bigeze bamenyeshwa.
Abakinnyi ba Rayon Sports banyomoje ubuyobozi babushinja guhagarika amasezerano batabyumvikanyeho Read More