Gakenke: Amagi asaga ibihumbi 300 yabuze isoko

Abakora umwuga w’ubworozi bw’inkoko mu Karere ka Gakenke baratabaza Leta ngo ibashakire isoko ry’amagi mu gihe bakomeje guhura n’igihombo gikomeye muri ibi bihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus, ubu amagi asaga ibihumbi 300 afite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda Miliyoni zisaga 24 akaba ari mu buhunikiro nyuma y’uko isoko rihagaze.

Gakenke: Amagi asaga ibihumbi 300 yabuze isoko Read More

Gereza ni nk’urugo, gusiga metero hagati y’abafungwa ntibishoboka – RCS

Mu gihe abantu bose basabwa kuguma mu ngo zabo hakubahirizwa ingamba zo kwirinda kwandura no gukwirakiza icyorezo cya Covid-19, ibihugu binyuranye byo ku isi, byagiye bifata ingamba zinyuranye zo kwirinda ko icyo cyorezo cyakwinjira muri za gereza. Mu Rwanda, hashyizweho ingamba zihariye zo kwirinda ko iki cyorezo cyagera muri za gereza, kuko biramutse bibaye byaba ikibazo gikomeye, bitewe n’uko imfungwa n’abagororwa baba babanye muri gereza.

Gereza ni nk’urugo, gusiga metero hagati y’abafungwa ntibishoboka – RCS Read More