Author: babi250
#Kwibuka26: Uko umukino wo gusiganwa ku maguru wagaruriye icyizere cy’ubuzima Disi Dieudonné
Disi Dieudonné warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ni umwe mu Banyarwanda bafite ibigwi byinshi mu mukino wo gusiganwa ku maguru ku ntera ndende. Avuga ko umukino wo gusiganwa ku maguru wamugaruriye icyizere cy’ubuzima ukamufasha kwiyubaka.
#Kwibuka26: Uko umukino wo gusiganwa ku maguru wagaruriye icyizere cy’ubuzima Disi Dieudonné Read MoreMu Rwanda abandi 17 bakize Coronavirus, abakize bose baba 42
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko kuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2020 hagaragaye undi muntu umwe urwaye Coronavirus mu bipimo 901 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri 127 (muri aba 42 barakize, hakaba harimo 17 bakize mu masaha 24 ashize).
Mu Rwanda abandi 17 bakize Coronavirus, abakize bose baba 42 Read MoreBamwe mu Banyapoliki bibukiwe ubutwari bwatumye batakaza ubuzima
Mu gusoza icyunamo kuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2020, Abanyapolitiki bakiriho bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, babavugaho ubutwari kuko bemeye guhara ubuzima bwabo banga kwifatanya na Leta ishinjwa kwica Abatutsi.
Bamwe mu Banyapoliki bibukiwe ubutwari bwatumye batakaza ubuzima Read MoreBamwe mu Banyapolitiki bibukiwe ubutwari bwatumye batakaza ubuzima
Mu gusoza icyunamo kuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2020, Abanyapolitiki bakiriho bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, babavugaho ubutwari kuko bemeye guhara ubuzima bwabo banga kwifatanya na Leta ishinjwa kwica Abatutsi.
Bamwe mu Banyapolitiki bibukiwe ubutwari bwatumye batakaza ubuzima Read MoreGusaba imbabazi kwa Radio France Inter bihumuriza abo yari yakomerekeje – IBUKA
Umuryango Uharanira Inyungu z’Abacitse ku Icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (IBUKA), uvuga ko kuba Radio France Inter yasabye imbabazi ku makosa yakoze bihumuriza abo yari yakomerekeje, cyane cyane abacitse ku icumu.
Gusaba imbabazi kwa Radio France Inter bihumuriza abo yari yakomerekeje – IBUKA Read MoreImiti y’imyiganano iragurwa ku bwinshi kubera Coronavirus
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko imiti y’imyiganano na yo yazamuye ibiciro ku masoko, bitewe n’uko yaguzwe n’abantu benshi muri iki gihe cya Covid-19.
Imiti y’imyiganano iragurwa ku bwinshi kubera Coronavirus Read MoreKuva muri MRND mu myaka ya za 90 byari uguhara amagara – Dr. Iyamuremye
Nyuma y’uko amashyaka yari amaze kuba menshi ndetse n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’ivangura bwariho muri icyo gihe mu mwaka wa 1990, kuva mu ishyaka rya MRND byasaga no guhara amagara.
Kuva muri MRND mu myaka ya za 90 byari uguhara amagara – Dr. Iyamuremye Read More