Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo

Nyuma yo gusanga hari abantu badashobora kumara igihe kinini badakoze imibonano mpuzabitsina, ibi kandi bikagaragara hagati y’abashakanye cyangwa abatarashakanye iyi ngingo usanga itavugwa ho rumwe,iki kibazo cyaje gusubizwa n’abahanga muri …

Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo Read More

NTIBISANZWE: Mu Rwanda abanyeshuri bigana bakoze ubukwe basezerana bakiri ku ntebe y’ishuri nyuma y’igihe kinini bakundana

Abanyeshuri bigana mu ishuri rimwe muri G.S Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, biyemeje kubana akaramata kandi amasomo yabo agakomeza nta nkomyi. Imiryango, inshuti baje gushyigikira isezerano rya Jean Claude Uwihanganye …

NTIBISANZWE: Mu Rwanda abanyeshuri bigana bakoze ubukwe basezerana bakiri ku ntebe y’ishuri nyuma y’igihe kinini bakundana Read More

Kwiyaka uwo muri kubikora , guhita wihanagura / Dore bimwe mu bintu 5 abakobwa/abagore babeshywa mu gutwara inda bamwe bakabifata nk’ukuri

N’ubwo hari abantu benshi basobanukiwe n’uko umugore/umukobwa atwara inda, nyamara hari benshi mu bakobwa bagiye bagaragaza ko badasobanukiwe n’iyi ngingo ndetse bafite imyumvire itariyo ku gutwara inda k’umugore/umukobwa ,iyo myumvire …

Kwiyaka uwo muri kubikora , guhita wihanagura / Dore bimwe mu bintu 5 abakobwa/abagore babeshywa mu gutwara inda bamwe bakabifata nk’ukuri Read More

AMAFOTO : Dore uko byagenze mu mukino w’imiguruko wahuje APR Fc na Rayon Sports / Bibutse La Galette witabye Imana

APR FC yaguye miswi y’ubusa ku busa na Rayon Sports mu mukino wa shampiyona hibutswe n’umufana wa APR FC waraye yitabye Imana. Wari umukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’icyiciro …

AMAFOTO : Dore uko byagenze mu mukino w’imiguruko wahuje APR Fc na Rayon Sports / Bibutse La Galette witabye Imana Read More

Belgium :Umuhanzikazi Vava- Naya yakoreye indirimbo abarimumunyenga w’urukundo ariko batarikumwe (YUMVE)

Umuhanzikazi Guilene Valerie Ukoresha amazina y’ubuhanzi Vava- Naya yakoreye indirimbo abari mu munyenga w’urukundo ariko batarikumwe. Vava- Naya washyize hanze indirimbo y’urukundo yise “Agataki” avugako yatangiye kuririmba muri Korali afite …

Belgium :Umuhanzikazi Vava- Naya yakoreye indirimbo abarimumunyenga w’urukundo ariko batarikumwe (YUMVE) Read More

Intambara yagarutse mu gice cyayo karundura cya 2 / Menya ibi bintu ku gitero cy’injyanamuntu ku butaka bwa Gaza

Nyuma y’ibyumweru bitatu ziryamiye amajanja ku mupaka w’igihugu cyazo n’Intara ya Gaza Strip , Ingabo z’Abanya-Isiraheli ku buryo budasubirwaho zinjiye muri Gaza kuri uyu wa 29 Ukwakira 2023. Minisitiri w’Intebe …

Intambara yagarutse mu gice cyayo karundura cya 2 / Menya ibi bintu ku gitero cy’injyanamuntu ku butaka bwa Gaza Read More

“FIBA Africa Women’s Basketball League 2023” Amakipe 9 arimo ayamaze kugura abanyamerika bo kubafasha niyo agiye guhangana

 Amakipe 9 yo mu bihugu 6 niyo yamaze kwemeza ko azitabira ijonjora rizabera mu Rwanda ryo gushaka itike ya “FIBA Africa Women’s Basketball League 2023”. Ni ijonjora ry’Imikino y’amakipe y’Akarere …

“FIBA Africa Women’s Basketball League 2023” Amakipe 9 arimo ayamaze kugura abanyamerika bo kubafasha niyo agiye guhangana Read More

NTIBISANZWE: Nyuma y’imyaka 25 yose ategereje urubyaro byaranze Imana yamusubirije rimwe abyara abana 9 icyarimwe!

Ku mbuga nkoranyambaga n’ibinyamakuru bitandukanye hari gucicikana inkuru y’Umugore witwa Obianuju Anthonia Ibeanu, uturuka mu gihugu cya Nigeria wibarutse abana 9 nyuma y’imyaka 25 ategereje yarahebye n’umwe. Amakuru avuga ko …

NTIBISANZWE: Nyuma y’imyaka 25 yose ategereje urubyaro byaranze Imana yamusubirije rimwe abyara abana 9 icyarimwe! Read More

Britney Spears ukunze gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa yavuze ikibimutera kuburyo yanabyanditseho igitabo (Reba Amafoto)

Umuhanzikazi w’icyamamare, Britney Spears, uzwiho gukunda gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa, yashyize avuga impamvu ibimutera.Britney Spears umuhanzikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo wubatse izina ku rwego mpuzamahanga mu njyana …

Britney Spears ukunze gushyira amafoto ye ku karubanda yambaye ubusa yavuze ikibimutera kuburyo yanabyanditseho igitabo (Reba Amafoto) Read More