Perezida Trump ntakozwa ibyo kwambara agapfukamunwa
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko atazigera na rimwe yambara agapfukamunwa n’ubwo ari yo mabwiriza yatanzwe n’inzego z’ubuzima ku Banyamerika bose.
Perezida Trump ntakozwa ibyo kwambara agapfukamunwa Read More