Umurongo 114 uzifashishwa ku wagira ikibazo cy’ihungabana mu Kwibuka – CNLG

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko kwibuka ku nshuro ya 26 bizaba mu buryo budasanzwe kuko bizabera mu ngo, bityo ko uwagira ikibazo cy’ihungabana yahabwa ubufasha, bahamagaye ku murongo wa 114, usanzwe uhamagarwaho ku birebana n’ubufasha kuri COVID-19.

Umurongo 114 uzifashishwa ku wagira ikibazo cy’ihungabana mu Kwibuka – CNLG Read More