Abarangije muri INES-Ruhengeri basabwe kuba indashyikirwa muri byose

Abanyeshuri 854 barangije amasomo muri INES-Ruhengeri, bahamagariwe kurangwa n’indangagaciro z’imparirwakurusha, indashyikirwa mu byo bakora, kugira ubushishozi no gushyira mu gaciro kandi baba intangarugero, barangwa n’isuku muri byose batibagiwe kugendera ku kuri n’umurimo unoze, kandi bakaba inyangamugayo n’abakirisitu nyabo.

Abarangije muri INES-Ruhengeri basabwe kuba indashyikirwa muri byose Read More

U Rwanda ku mwanya wa gatatu mu kugira imihanda myiza muri Afurika (Amafoto)

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yatangaje kuri Twitter ko u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa gatatu mu bihugu bifite imihanda yujuje ubuziranenge muri Afurika, ku manota atanu (5.0), rukurikiye Afurika y’Epfo ya kabiri na yo ifite amanota 5.0, mu gihe Namibiya ya mbere yo ifite amanota 5.2.

U Rwanda ku mwanya wa gatatu mu kugira imihanda myiza muri Afurika (Amafoto) Read More