PSF yatangije inzira nshya mu ishoramari n’Intara y’Uburengerazuba

Urugaga rw’abikorera rwatangiye inzira ijyanye no gushishikariza abikorera kubyaza umusaruro amahirwe ari mu Ntara y’Uburengerazuba, haba ku mabuye y’agaciro, ubuki, ubukerarugendo bw’amapariki ya Gishwati na Nyungwe, ubwikorezi hamwe no mu mazi y’ikiyaga cya Kivu, hiyongeraho ubworozi bw’amatungo n’ibiyakomokaho hamwe n’ubuhinzi bw’icyayi na ikawa.

PSF yatangije inzira nshya mu ishoramari n’Intara y’Uburengerazuba Read More

Ibicuruzwa birenga 1500 bigomba kwandikishwa bitarenze 31 Werurwe 2020- FDA

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa (Rwanda Food and Drugs Authority -Rwanda FDA), cyagaragaje urutonde ruriho ibicuruzwa 1,534, ahanini bijya mu mubiri w’umuntu, mu kanwa ndetse n’ibyo kwisiga, gishyiraho n’amafaranga yo kwandikisha buri bwoko bw’igicuruzwa, ndetse kikaba cyaranashyizeho itariki ntarengwa ya 31 Werurwe 2020 yo kubyandikisha.

Ibicuruzwa birenga 1500 bigomba kwandikishwa bitarenze 31 Werurwe 2020- FDA Read More

Abiga muri Wisdom School bagaragaje ubuhanga mu masomo y’ubumenyingiro

Nyuma y’ibyumweru bitatu bishize umwaka w’amashuri wa 2020 utangiye, abana biga muri Wisdom School bagaragarije ababyeyi babo ibyo bakora mu bumenyingiro biga, ababyeyi batungurwa no kubona ko abana babo bamaze kugera ku ntera yo kuvumbura bimwe mu byo u Rwanda rubona rubanje kwitabaza amahanga.

Abiga muri Wisdom School bagaragaje ubuhanga mu masomo y’ubumenyingiro Read More