Sobanukirwa inkomoko y’ibishashi by’umuriro bikoreshwa mu birori

Mu birori bitandukanye cyane cyane ibisoza umwaka, hari imiturika (fireworks/ feux d’artifices) iraswa mu kirere hagasohoka ibishashi by’imiriro bifite amabara atandukanye, ku buryo ibyo bishashi bigera mu kirere bigakora ibintu bisa n’indabo kandi usanga binogeye amaso iyo biraswa. Ariko se bikomoka he?

Sobanukirwa inkomoko y’ibishashi by’umuriro bikoreshwa mu birori Read More

Uruhare rw’umubyeyi mu burere n’uburezi bw’umwana ntibusimburwa-Dr. Ndayambaje

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi (REB), Dr. Ndayambaje Irené, aributsa ababyeyi bo mu Karere ka Nyagatare ko uruhare rwabo mu burezi n’uburere bw’abana babo rudasimburwa, bityo bakwiye gufatanya n’abashinzwe inzego z’uburezi kugira ngo intego z’uburezi zibashe kugerwaho.

Uruhare rw’umubyeyi mu burere n’uburezi bw’umwana ntibusimburwa-Dr. Ndayambaje Read More

Abanyarwanda biga amashuri yisumbuye na kaminuza baracyari bake- PS Murindwa

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi, Samuel Murindwa, avuga ko Banki y’isi yagaragaje ko impuzandengo y’imyigire mu Rwanda igaragaza ko Abanyarwanda biga mu mashuri yisumbye na kaminuza bakiri bakeya, kuko imibare igaragaza ko Abanyarwanda biga imyaka itandatu n’ibice bitandatu (6,6).

Abanyarwanda biga amashuri yisumbuye na kaminuza baracyari bake- PS Murindwa Read More