Perezida wa Namibia arashima imibanire myiza iri hagati ya Polisi y’u Rwanda n’iya Namibia

Ibi umukuru w’igihugu cya Namibia Dr Hage G. Geingob yabivuze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira ubwo hatahwaga ku mugaragaro inyubako nshya y’ikicaro gikuru cya Polisi y’igihugu cya Namibia, inyubako iri mu murwa mukuru w’igihugu, Windhoek.

Perezida wa Namibia arashima imibanire myiza iri hagati ya Polisi y’u Rwanda n’iya Namibia Read More

Drogba na Patoranking basuye urwibutso ku Gisozi bahasiga ubutumwa (Amafoto)

Didier Drogba wahoze ari rutahizamu wa Chelsea ubu akaba ari mu Rwanda ku butumire bw’abateguye Youth Connekt Africa 2019, kimwe n’umuhanzi Patoranking, basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, basobanurirwa amateka akarishye yaranze u Rwanda yatumye haba Jenoside yakorewe Abatutsi, banaboneraho gusiga ubutumwa bw’urukundo kuri uru rwibutso.

Drogba na Patoranking basuye urwibutso ku Gisozi bahasiga ubutumwa (Amafoto) Read More

Santrafurika: Abasirikari n’abapolisi b’u Rwanda bashimwe kubera umuganda bahakoze

Abasirikari n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) n’abandi Banyarwanda baba muri icyo gihugu (Diaspora) ku wa gatandatu tariki 05 Ukwakira 2019 bahuriye hamwe n’abaturage bo mu murwa mukuru Bangui mu gikorwa cy’umuganda cyibanze ku isuku muri uwo mujyi.

Santrafurika: Abasirikari n’abapolisi b’u Rwanda bashimwe kubera umuganda bahakoze Read More