Amafaranga miliyari imwe n’igice Pariki y’Ibirunga yinjije, amaze gushorwa mu iterambere ry’abayituriye

Abaturage bo mu mirenge ituriye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga baravuga ko hari impinduka mu buryo bw’imibereho n’ubukungu bwabo babikesha umusaruro uturuka mu bukerarugendo bukorerwa muri iyi Pariki (Revenue sharing).

Amafaranga miliyari imwe n’igice Pariki y’Ibirunga yinjije, amaze gushorwa mu iterambere ry’abayituriye Read More

Abapolisi b’u Rwanda bakoze umuganda rusange muri Sudani y’Epfo

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo bakoze umuganda rusange muri iki gihugu. Ni umuganda wabaye ku wa gatandatu tariki 31 Kanama 2019 aho bifatanyije n’abaturage bo mu Mujyi wa Juba ndetse n’ingabo z’u Rwanda na zo ziri muri iki gihugu mu butumwa bw’amahoro.

Abapolisi b’u Rwanda bakoze umuganda rusange muri Sudani y’Epfo Read More

Twaganiriye na Dr Joseph Ntarindwa, inzobere mu buvuzi bw’impyiko atubwira byinshi ku burwayi bw’impyiko n’uko zisimbuzwa

Impyiko ni utugingo 2 dusa kandi duteye nk’igishyimbo tuba munda ariko ahagana mu mugongo. Twihishe munsi y’imbavu ziheruka hasi. Akamaro k’impyiko mu mubiri Umubiri ni nk’uruganda; kugira ngo ubuzima bukomeze …

Twaganiriye na Dr Joseph Ntarindwa, inzobere mu buvuzi bw’impyiko atubwira byinshi ku burwayi bw’impyiko n’uko zisimbuzwa Read More

U Buyapani na Koreya y’Epfo: Bahangayikishijwe no kuba hatarimo kuvuka abana benshi

Mu gihe mu bihugu byinshi byo ku mugabane wa Afurika, harimo n’u Rwanda, hakomeje kuvugwa ikibazo cy’ubwiyongere bukabije bw’abaturage ndetse n’umubare munini w’abana bavuka ku mugore umwe, ahandi ku isi, cyane cyane mu bihugu by’u Buyapani na Koreya y’Epfo, bafite ikibazo cyo kuba hatari kuvuka umubare uhagije w’abana.

U Buyapani na Koreya y’Epfo: Bahangayikishijwe no kuba hatarimo kuvuka abana benshi Read More