Ifoto y’umunsi: Diamond Platnumz yifozanyije na Perezida Paul Kagame maze avuga amagambo akomeye arimo ikiniga

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Diamond Platnumz yabwiye Perezida w’u Rwanda ko atewe ishemwe nawe bitewe n’aho agejeje u Rwanda. Hari mu gitaramo cyo gutangiza Iserukiramuco rya “Giants of Africa” cyaraye …

Ifoto y’umunsi: Diamond Platnumz yifozanyije na Perezida Paul Kagame maze avuga amagambo akomeye arimo ikiniga Read More

Bitunguranye Diamond Platnumz wari wageze muri Arena i Kigali ahise yisubirira Tanzania/ Ese ubu ejo azaba yagarutse?

Umuhanzi Diamond wari waje mu gitaramo African Giant cyari kuba ku munsi w’ejo ku Cyumweru, asubiye muri Tanzania muri gahunda zijyanye na Wasafi Festival akaba ari bugaruke mu gitondo kugira …

Bitunguranye Diamond Platnumz wari wageze muri Arena i Kigali ahise yisubirira Tanzania/ Ese ubu ejo azaba yagarutse? Read More

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto)

Ngabo Medard umuhanzi w’icyamamare w’umunyarwanda wamamaye kw’izina rya Meddy akomeje kuryoherwa n’urukundo rw’umuryango we ariwo umugore n’umwana akunda cyane bihebuje. Mu birori by’agahebuzo Meddy hashize igihe akoze ubukwe n’uyu mugore …

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto) Read More

Dore amafoto 15 y’indobanure ari Hot & Sexy kurusha andi y’umuhanzikazi Bwiza utavugwaho kwiyandarika

Umuhanzikazi w’umunyarwandakazi Bwiza Emmerance , n’umwe mu bakobwa binjiye muri muzika aza avugwaho anitezweho byinshi bisa nk’ibyo abandi bakobwa bagenzi be baza bakora ngo bamamare birimo kwiyandarika bambara ubusa mu …

Dore amafoto 15 y’indobanure ari Hot & Sexy kurusha andi y’umuhanzikazi Bwiza utavugwaho kwiyandarika Read More

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania Zuchu,  mu magambo arimo agahinda n’amaganya menshi yatangaje ko atajya ahirwa mu rukundo kuko igihe cyose abigerageje birangira ababaye kandi yarabyinjiyemo akurikiranye ibyishimo. Umuhanzikazi …

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira Read More