AMAFOTO: Ihere ijisho ubwiza bw’indege idasanzwe Perezida Kagame agendamo

Abayobozi bakuru ni bamwe mu bantu bakora ingendo z’indege cyane kurusha abandi ahanini bitewe n’inzinduko nyinshi baba bafite zihoraho kubera akazi bakora , bityo rero usanga umu perezida ushoboye ashaka …

AMAFOTO: Ihere ijisho ubwiza bw’indege idasanzwe Perezida Kagame agendamo Read More

Umubyinnyi General Benda yisarishije yiyambura imyenda mu muhanda ngo kubera follow ya Bruce Melodie / Ukuri kuby’aka gatwiko yambara ubusa

Umubyinnyi umaze kwandika izina mu Rwanda, General Benda yagaragaye mu mashusho amwerekana yasanzwe n’ibyishimo bidasanzwe ubwo umuhanzi Bruce Melodie yari amaze kumukurikira ’follow’ kuri Instagram maze ariruka yigaragaza ari gukuramo …

Umubyinnyi General Benda yisarishije yiyambura imyenda mu muhanda ngo kubera follow ya Bruce Melodie / Ukuri kuby’aka gatwiko yambara ubusa Read More

“Warakoze kumbera inshuti nziza”Mu gahinda kenshi The Ben yabuze icyo avuga nyuma yo kubura uwari incuti ye cyane!(AMAFOTO)

Umuhanzi The Ben yagaragaje agahinda gakomeye yatewe n’urupfu rwa Nyirakuru ubyara nyina, Mukangarambe Yoniya uheruka kwitaba Imana. Ku mugoroba w’ejo hashize ni bwo uyu mubyeyi witabye Imana tariki ya 28 …

“Warakoze kumbera inshuti nziza”Mu gahinda kenshi The Ben yabuze icyo avuga nyuma yo kubura uwari incuti ye cyane!(AMAFOTO) Read More

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud

I Muhanga muri stade hahuriye imbaga y’abantu baturutse impande n’impande mu muhango wo gusoza icyumweru cy’Ubuskut (scouts), Aho Dj Marnaud na Bwiza bifatanyije n’urubyiruko kwidagadura , maze hakanashimangirwa gukomeza gushyira …

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud Read More

Ukuri ku biri kubera imbere mu ikipe ya Kiyovu Sports itari gutanga umusaruro , Abari gutungwa agatoki mu bibazo irimo

Ikipe ya Kiyovu Sports ikomeje gutsindwa umusubirizo, umwuka uyirimo urabemerera kuba bari aho bari kugeza ubu. Mu minsi ine gusa imaze gutsindwa imikino ibiri irimo uwo yatsinzwe na Gorilla FC …

Ukuri ku biri kubera imbere mu ikipe ya Kiyovu Sports itari gutanga umusaruro , Abari gutungwa agatoki mu bibazo irimo Read More