Igihangange muri Rap kw’isi Kendrick Lamar yageze i Kigali ahita akorera agakoryo abanyamakuru barumirwa (Amafoto 12)

Umuraperi y’igikomerezwa kw’isi Kendrick Lamar yakandagiye ku butaka bw’u Rwanda maze akorera agashya abanyamakuru bari baje gufotora arinda agera mu mudoka hari nabatamuciye iryera. Umuraperi Kendrick Lamar yageze i Kigali …

Igihangange muri Rap kw’isi Kendrick Lamar yageze i Kigali ahita akorera agakoryo abanyamakuru barumirwa (Amafoto 12) Read More

AMAFOTO: Reba imbere n’inyuma ya bisi (Bus) leta yazaniye abagenzi rusange bari bamerewe nabi/ Hagiye kubakwa imihanda yazo yihariye

Mu gihe mu Rwanda abaturage bari bamaze igihe bujujuta kubera ikibazo cy’ingendo rusange zari zigoranye ahanini bitewe n’ubucye bw’imodoka ndetse n’imihanda bidahagije , kuri ubu bisi za mbere zamaze kugera …

AMAFOTO: Reba imbere n’inyuma ya bisi (Bus) leta yazaniye abagenzi rusange bari bamerewe nabi/ Hagiye kubakwa imihanda yazo yihariye Read More

Umuryango witiriwe Yvan Buravan ukomeje gukangurira abantu kumenya no kwirinda indwara ya Kanseri yishe uyu muhanzi wakundwaga na benshi

Mu rwego rwo gufasha abantu kumenya no kwirinda indwara ya kanseri, umuryango ‘YB Foundation’ wateguye ubukangurambaga bugamije gukangurira abantu kwirinda indwara ya kanseri binyuze mu kuyipimisha no kwipimisha izindi ndwara …

Umuryango witiriwe Yvan Buravan ukomeje gukangurira abantu kumenya no kwirinda indwara ya Kanseri yishe uyu muhanzi wakundwaga na benshi Read More