Byashyizwe hanze! Dore Amayeri yose n’ubutubuzi TB Joshua wiyitaga umukozi w’Imana yakoraga akabeshya ko ari ibitangaza

Ibyavuye mu bucukumbuzi bw’imyaka ibiri bwakozwe kuri Temitope Balogun Joshua wafatwaga nk’umuhanuzi ukomeye ku mugabane wa Afurika, bikomeje gushyirwa hanze, aho uyu mugabo wayoboraga itorero SCOAN (Synagogue Church Of All …

Byashyizwe hanze! Dore Amayeri yose n’ubutubuzi TB Joshua wiyitaga umukozi w’Imana yakoraga akabeshya ko ari ibitangaza Read More

AMAFOTO: Mu munyenga wo mu bwato bwo mu nyanja y’Abahinde Pamella yakoreye umugabo we The Ben ibirori by’isabukuru ya 37

Nyuma y’iminsi micye bakoze ubukwe bw’agatangaza mu Rwanda, The Ben na Uwicyeza Pamella bakomeje kugirira ibihe byiza i Mombasa muri Kenya mukwa buki, aho byahuriranye n’isabukuru y’amavuko y’uyu muhanzi wujuje …

AMAFOTO: Mu munyenga wo mu bwato bwo mu nyanja y’Abahinde Pamella yakoreye umugabo we The Ben ibirori by’isabukuru ya 37 Read More

Reba Amafoto 10 y’ubwiza n’ikimero gitangaje cya Olga Bae umunyamiderikazi ukomeje gutunguza benshi imiterere y’umubiri we

Umunyamideli Isimbi Olga kuri ubu ukurikirwa n’abarenga ibihumbi 145 kuri Instagram, n’umwe mu bakobwa bamamaye ku mbuga nkoranyambaga bagera no mu binyamakuru bitandukanye babikesha ikimero gitangaje ndetse n’ubwiza , ukaba …

Reba Amafoto 10 y’ubwiza n’ikimero gitangaje cya Olga Bae umunyamiderikazi ukomeje gutunguza benshi imiterere y’umubiri we Read More

Itegeko ribuza abantu kurya imbwa ryateje impagarara kuburyo abakunzi bazo bari kuvuga ko ari ukubuzwa uburenganzira

Koreya y’Epfo yamaze gutora itegeko ribuza abantu bose kongera kurya imbwa aho hateganijwe ibihano bikakaye birimo gufungwa imyaka itatu n’ihazabu y’angana na miliyoni 23 y’u Rwanda. Iryo tegeko ryatowe muri …

Itegeko ribuza abantu kurya imbwa ryateje impagarara kuburyo abakunzi bazo bari kuvuga ko ari ukubuzwa uburenganzira Read More

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y’iwabo, abonye ko yamukomerekeje cyane akeka ko yapfuye nawe ahita yimanika mu kagozi ahita apfa. Ibi byabereye mu Kagari …

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru Read More

Umunyezamu Adolphe wasezeye muri Rayon Sports yasimbujwe umunyamahanga wamaze kumvikana n’iyi kipe

Rayon Sports yamaze kumvikana n’umunyezamu ukomoka muri Senegal, Khadime Ndiaye w’imyaka 27 uje gusimbura Hakizimana Adolphe werekeje muri AS Kigali. Mu mpera z’umwaka ushize ni bwo uwari umunyezamu wa kabiri …

Umunyezamu Adolphe wasezeye muri Rayon Sports yasimbujwe umunyamahanga wamaze kumvikana n’iyi kipe Read More

Umugore wasambanyijwe n’umwicanyi uteye ubwoba Kazungu Denis yatinyutse aregera urukiko kubya mfura mbi yakorewe

Urukiko rwasubitse iburanisha ryari riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, biturutse ku busabe bw’Ubushinjacyaha kuko Kazungu yari afite imanza ebyiri muri uru rukiko basaba ko zahuzwa. …

Umugore wasambanyijwe n’umwicanyi uteye ubwoba Kazungu Denis yatinyutse aregera urukiko kubya mfura mbi yakorewe Read More