Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutumizaho Inteko Rusange Idasanzwe izemerezwemo Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2024 aho iteganya kuzakoresha 9.932.725.243 Frw. Iyi Nteko rusange iteganyijwe kuzaba ku wa Gatandatu …

Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe Read More

Ibya amarozi byafashe indi ntera muri ruhago! Nyuma yo kumushinja kuroga Kiyovu , Juvenal yareze General avugako atiteguye kurekera

Nyuma y’uko umuyobozi wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis [General] avuze ko uwari umuyobozi wa Kiyovu Sports Company Ltd, Mvukiyehe Juvenal yagize uruhare mu kuroga abakinnyi b’iyi kipe yari …

Ibya amarozi byafashe indi ntera muri ruhago! Nyuma yo kumushinja kuroga Kiyovu , Juvenal yareze General avugako atiteguye kurekera Read More

Dore uburyo bushya bwashyiriweho abatega imodoka zijya mu ntara/ Gare ya Nyabugogo ntago izajya itegerwamo na bose

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA), bashyizeho ahandi ho gutegera imodoka hatari Nyabugogo, mu minsi ibiri ibanziriza ubunani (tariki 30-31 Ukuboza 2023). Umujyi wa Kigali uvuga ko mu …

Dore uburyo bushya bwashyiriweho abatega imodoka zijya mu ntara/ Gare ya Nyabugogo ntago izajya itegerwamo na bose Read More

Rutsiro: Umugabo akoze agashya azicuza ubwo yafatwaga ari gusambanira mu iduka rye agahita aritwika kubera umujinya

Mu mudugudu wa Runaba, Akagari Haniro, Umurenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, umugabo w’imyaka 40 yafatiwe mu iduka rye asambana, agira umujinya atwika iryo duka. Kuri …

Rutsiro: Umugabo akoze agashya azicuza ubwo yafatwaga ari gusambanira mu iduka rye agahita aritwika kubera umujinya Read More

Dore ibyago n’amakuba YAGO Pon Dat yagiye asimbuka bije bizanywe no gushyingura impano ye ngo azime

Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago ni umwe mu bahanzi batangiye umuziki mu nzira irimo amananiza menshi yaturutse ku mijugujugu y’amagambo yatewe akimara gukora indirimbo ya kabiri. Yago wahoze ari umunyamakuru …

Dore ibyago n’amakuba YAGO Pon Dat yagiye asimbuka bije bizanywe no gushyingura impano ye ngo azime Read More

Ihere ijisho ku mafoto 10 y’ubwiza n’ikimero bya Miss Muheto wujuje imyaka 21 y’amavuko acyambaye ikamba

Miss Nshuti Divine Muheto umukobwa w’ubwiza , uburanga , imitere ndetse n’ikimero bihebuje yujuje isabukuru y’imyaka 21 y’amavuko , maze anongera kugarukwaho na benshi ku mbuga nkoranyambaga bamwifuriza kuryoherwa n’uyu …

Ihere ijisho ku mafoto 10 y’ubwiza n’ikimero bya Miss Muheto wujuje imyaka 21 y’amavuko acyambaye ikamba Read More

Aba bagore uko ari 7 nibo bambere mu mateka y’igisirikare cy’urwanda bahawe amapeti ya Colonels (Reba Amafoto)

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yaraye azamuye mu ntera abasirikare barenga 700. Muri bo, ab’igitsinagore nabo barahari kandi bahawe amapeti akomeye. Muri iyi nkuru y’Amafoto twabateguriye , …

Aba bagore uko ari 7 nibo bambere mu mateka y’igisirikare cy’urwanda bahawe amapeti ya Colonels (Reba Amafoto) Read More

Meddy yeruriye abashidikanya ku gakiza ke avuga ko yaretse inzoga ndetse uburyo urugo rwe Yesu yaruhinduye Paradizo

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy yagarutse ku rugendo rwo kwiyegereza Yesu Kirisitu nk’umucunguzi, ahamya ko urugo rwe yaruhinduye paradizo. Igihe kimwe Meddy yari arimo gusenga yumva ijwi rimubaza …

Meddy yeruriye abashidikanya ku gakiza ke avuga ko yaretse inzoga ndetse uburyo urugo rwe Yesu yaruhinduye Paradizo Read More