Ese amatembabuzi ava mu gitsina cy’umugore agatwika ikariso aterwa n’iki? / Dore akamaro kabyo (Menya Nibi!)

Akenshi hari igihe ubona ikariso y’umukobwa cyangwa umugore ugasanga hamwe haba haringaniye n’igitsina cye harasa ukwaho harahindanyijwe n’amatembabuzi aba yaturutse mu gisina , aha bamwe bacyekako ari uburwayi cyangwa umwanda …

Ese amatembabuzi ava mu gitsina cy’umugore agatwika ikariso aterwa n’iki? / Dore akamaro kabyo (Menya Nibi!) Read More

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!)

Akenshi ukunda kumva abahanga muby’ubuzima bagira inama abantu babakangurira gukora siporo kugirango bagir ubuzima bwiza , ariko muri izo siporo bavuga kubyina n’ibyambere kuko ari umwe mu myitozo benshi bakora …

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!) Read More

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije

N’ubwo akenshi umuntu arira hari icyo abaye , ariko noneho ubushakashatsi bwagaragaje ko bishobora kugirira akamaro umuntu ubyibushye wifuza kugabanya ibiro n’uwo mubyibuho ukabije, gusa bikaba igihe yarize mu gihe …

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije Read More

Kurinda urupfu , gukesha uruhu n’ibindi / Dore utumaro two kunywa amasoro ku mugore mugihe cyo gutera akabariro

Muri iki gihe ndetse n’icyatambutse uburyo bwo gutera akabariro bwagiye burushaho gushyirwa ahagaragara ndetse hagenda haduka n’ubundi buryo bwasaga n’ubuhishwe. Mu buryo karemano umugore n’umugabo iyo bashakanye baba bemerewe gutera …

Kurinda urupfu , gukesha uruhu n’ibindi / Dore utumaro two kunywa amasoro ku mugore mugihe cyo gutera akabariro Read More

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso!

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu basinzira amasha ari munsi y’arindwi nijoro, bafite ibyago byinshi byo kwibasirwa n’indwara y’umuvuduko w’amaraso.Ubu bashashatsi bushya bugiye kumurikirwa n’ikigo cyita ku ndwara z’umutima American College …

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso! Read More

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi

Kuryamana n’abagore cyangwa abakobwa benshi ni bimwe mubyo abantu benshi bafata bitera ibyishimo kuko akenshi ababikora baba bavugako bari kwishimisha. Nubwo usanga abagabo benshi baba baragiye baryamana n’abakobwa benshi , …

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi Read More

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha

Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga …

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha Read More

Icyamamarekazi muri sinema Bahavu Jeannette yabaye umuvugabutumwa / Reba Amafoto y’ubwiza n’igikundiro bye!

Bahavu Jeannette usanzwe ari umukinnyi wa sinema ufite izina rikomeye mu Rwanda, yinjiye mu ivugabutumwa ndetse ku nshuro ye ya mbere ku wa 18 Mutarama 2024 yabwirije mu Itorero ryitwa …

Icyamamarekazi muri sinema Bahavu Jeannette yabaye umuvugabutumwa / Reba Amafoto y’ubwiza n’igikundiro bye! Read More