Dore urutonde rw’abakinnyikazi ba porono 10 b’abirabura bakunzwe kandi bazwi kurusha abandi bose kw’Isi (AMAFOTO)

Umuntu aba icyamamare kubera icyo yakoze cyangwa bamukoreye bigatuma amenyekana akamenywa na benshi cyangwa se nanone akaba ikimenyabose , hari abagore b’abirabura 10 bazwi cyane mu gukinaporono. Dusanzwe twumva abasitari …

Dore urutonde rw’abakinnyikazi ba porono 10 b’abirabura bakunzwe kandi bazwi kurusha abandi bose kw’Isi (AMAFOTO) Read More

SOBANUKIRWA: Ese impumuro mbi mu kanwa iterwa n’iki? Dore icyo wakora kugirango uyirinde

Rimwe na rimwe hari igihe uganira n’umuntu wakumva umunuko (impumuro mbi) afite ukifuza ko ibiganiro byanyu byarangira cyangwa akavugira kure atakwegereye bitewe n’ukuntu uba wumva wabangamiwe. Impumuro mbi n’ikibazo kigirwa …

SOBANUKIRWA: Ese impumuro mbi mu kanwa iterwa n’iki? Dore icyo wakora kugirango uyirinde Read More

Sobanukirwa umenye uburyo kwibuza kwitsamura ari bibi cyane kubuzima kuburyo urebye nabi wanahasiga amagara

Nubwo hari abantu bajya bibuza kwitsamura ugasanga bapfutse umunwa n’amazuru, byose kugira ngo batitsamura urusaku rugasohoka, ariko hari ibibazo bishobora guterwa no kwibuza kwitsamura, mu gihe hari ababyibuza, banga kubangamira …

Sobanukirwa umenye uburyo kwibuza kwitsamura ari bibi cyane kubuzima kuburyo urebye nabi wanahasiga amagara Read More

Ese wari uzi ko imbuto za Water Melon ari nziza kuzirenza kubiryo? / Dore ibyiza byo kuzifashisha buri munsi

Watermelon ni urubuto ubundi rugizwe n’amazi ku kigero cya 92%, rukigiramo n’izindi vitamine n’ubutare butandukanye, bituma ari urubato rw’ingenzi ku buzima bw’abantu bakunda kururya. Gusa, imbuto zo muri watermelon na …

Ese wari uzi ko imbuto za Water Melon ari nziza kuzirenza kubiryo? / Dore ibyiza byo kuzifashisha buri munsi Read More

Dore ibintu 5 byagiza umwijima abantu birirwa bakina nabyo umunsi kuwundi bataziko bari kwikururira ikishi

Umwijima ni kimwe mu bice by’ingenzi cyane mu mubiri w’umuntu, ibintu byose umuntu arya bibanza gutunganywa n’umwijima na mbere y’uko byinjira mu igogora. Umwijima ni akayunguruzo mu mikorere y’umubiri wose …

Dore ibintu 5 byagiza umwijima abantu birirwa bakina nabyo umunsi kuwundi bataziko bari kwikururira ikishi Read More

Ese kuki hari abana bakunda konka intoko? Dore impamvu n’umuti wabyo kuko atari byiza

Konka intoki cyane cyane urutoki rw’igikumwe ni ibintu bisanzwe mu bana. Ariko hari igihe kigera ukabona birakabije, ugatangira kwibaza uko wabimucaho bikagushobera. Ese hari uburyo umuntu ashobora gufasha umwana kureka …

Ese kuki hari abana bakunda konka intoko? Dore impamvu n’umuti wabyo kuko atari byiza Read More

Sobanukirwa! Ese nibyo koko kurya urusenda byongera ubushake bwo gutera akabariro?

Nta gitangaje kirimo uramutse warumvise inkuru z’abavuga ko urusenda rwongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa ukanabona abarwihata mu mafunguro bafata mbere y’icyo gikorwa, bizeye ko ruri bugire uruhare mu …

Sobanukirwa! Ese nibyo koko kurya urusenda byongera ubushake bwo gutera akabariro? Read More