Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana

Akenshi na kenshi iyo abasore bahoberanye n’abakobwa bakunze kurangwa no kubakorakora kubasoma byimbitse ndetse no kubakanda kumabuno kandi cyane , ibi bikagira igisobanuro kubijyanye n’ibintu bimwe cyangwa ibindi biganisha ku mibonano mpuzabitsina.

Mubyukuri rero iyo umusore ari gukanda ku mabuno y’umukobwa ntakindi aba agamije kugeraho uretse kugirango ibyiyumviro agufitiye muri ako kanya byiyongere.

Mukobwa rero uku gukandwa amabuno ntago bizamura ibyiyumviro ku basore gusa , kuko n’umukobwa iyo bari kumukanda amabuno bituma yiyumva ukundi kuntu ibyiyumviro bye ku musore bikazamuka.

Niba ugira umusore ugukanda amabuno nabigukora uzumve ukuntu uhita uhinduka ibyo watekerezaga byose bigahinduka ukiyumvira ubushagarira gusa butuma utekereza kuri uwo musore uri kubigukora , dore ko akenshi mubikora muhoberanye cyangwa se muri no gusomana.

Amabuno y’abakobwa ni kimwe mu bintu bikurura abagabo cyane kuburyo iyo muri nko gusomana atari kuyakanda aba yumva nta mahwemo , bityo rero mu kobwa ukamenya ko niba umusore mwasomanaga gusa agatangira kugukanda amabuno uzamenyeko vuba gato cyane muri bwerekeze mu nzira zo gukora imibonano mpuzabitsina bitewe n’uko ubushake bwayo buba bwazamutse impande zose.

Igihe umusore yatangiye kugukanda amabuno rero , nicyo gihe cyanyuma uba usigaje ngo wigarure mu gihe ugiye gukora imibonano mpuzabitsina n’umusore bitunguranye mutabiteguye , Nyuma yo gukanda amabuno aba ashobora no gukora kugitsina igihe mwiherereye uretse ko hari n’ababikorera mu ruhame.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.