Bamporiki yakuwe ku mirimo ye na Perezida kubera ibyo akurikiranyweho

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yahagaritswe ku mirimo ye kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko umwanzuro wo guhagarika Bamporiki wafashwe na Perezida wa Repubulika.

Ntabwo higeze hatangazwa icyo Bamporiki yakoze cyatumye ahagarikwa.

 

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.