AFSA 2024: Eppendorf from Dubai in collaboration with RFI which will help in the Vision of Rwanda (VIDEO)

In the AFSA Forum 2024 the people from Dubai working with the German company Eppendorf, which is known for supplies laboratory equipments and services, brung the support which will help …

AFSA 2024: Eppendorf from Dubai in collaboration with RFI which will help in the Vision of Rwanda (VIDEO) Read More

Murwego rwo kwegereza no gukangurira abakuru n’abato gusoma ‘Ibitabo’ USAID yatangije imurikagurisha muri Car Free Zone

Mu mujyi wa Kigali rwagati ahzwi nka Car Free Zone , hatangirijwe imurikagurisha ‘Kigali Book Market’aho bagamije kwegereza ndetse no gukangurira abanyarwada kugira umuco wo gusoma ibitabo, kuko ari isoko …

Murwego rwo kwegereza no gukangurira abakuru n’abato gusoma ‘Ibitabo’ USAID yatangije imurikagurisha muri Car Free Zone Read More

Igitaramo 30/40 cya Masamba uzafatanya n’abahanzi bakiri bato gisobanuye iki mu mateka y’abanyarwanda

Umuhanzi w’injyana gakondo Massamba Intore yasobanuye ko impamvu abahanzi bakiri bato ari bo yibanzeho ahitamo abazamufasha kandi nabo agafata bake ntiyafata bose. Mu biganza bya Massamba Intore hanyuzemo abahanzi benshi …

Igitaramo 30/40 cya Masamba uzafatanya n’abahanzi bakiri bato gisobanuye iki mu mateka y’abanyarwanda Read More

Ntibisanzwe: Mu Bwongereza byakaze nyuma yuko batoye uruhinja bagasanga ruva inda imwe n’abandi 2 batowe mbere/ Ababyeyi babo bari guhigishwa uruhindu

Mu bwongereza bakomeje gutungurwa n’umuryango urimo kubyara abana ugahita ubajugunya bagatoragurwa na rubanda aho nyuma Umwana ukivuka wabonetse mu ntangiriro z’uyu mwaka mu burasirazuba bw’umurwa mukuru w’Ubwongereza London/Londres, ni umwana …

Ntibisanzwe: Mu Bwongereza byakaze nyuma yuko batoye uruhinja bagasanga ruva inda imwe n’abandi 2 batowe mbere/ Ababyeyi babo bari guhigishwa uruhindu Read More

Video: Amateka atangaje ya Barafinda wavukiye mu muvure akisanga aba mu ngoro y’umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth

Umugabo ushaka kuba perezida mu Rwanda wamenyekanye nka Barafinda yatunguye benshi ubwo yavugaga amateka ye yahahise ubwo yavukiraga mu muvure nyuma akisanga aba kwa Elizabeth mu ngoro y’ibwami mu Bwongereza. …

Video: Amateka atangaje ya Barafinda wavukiye mu muvure akisanga aba mu ngoro y’umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth Read More

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore

Ariel Wayz wavuzwe cyane mu rukundo na Juno Kizigenza bagashwana mu buryo bwamushenguye umutima bikanababaza abakunzi babo n’abamuzika muri rusange , yavuzeko yamaze kubona undi mukunzi ati “Narafashwe” Ibi Ariel …

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore Read More

Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi anabiseguraho kubera ibyo yavuze

Itangazo rya Vatican ryavuze ko Papa Francis atashakaga kubabaza umuntu uwo ari we wese ndetse ko asabye imbabazi abantu bakomerekejwe n’ikoreshwa ry’ijambo yavuze ryafashwe nk’imvugo isebanya cyane ku bagabo b’abatinganyi. …

Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi anabiseguraho kubera ibyo yavuze Read More

Ese koko Dj Brianne yaba yaribagishije ngo azane munda heza? Ashyize ukuri kose hanze

Gateka Esther Brianne uzwi nka Dj Brianne yemeje ko ifoto ye imaze iminsi ikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragara yarananutse ari iye ariko atari ukwibagisha nk’uko bivugwa. Hashize iminsi ku mbuga …

Ese koko Dj Brianne yaba yaribagishije ngo azane munda heza? Ashyize ukuri kose hanze Read More

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije

N’ubwo akenshi umuntu arira hari icyo abaye , ariko noneho ubushakashatsi bwagaragaje ko bishobora kugirira akamaro umuntu ubyibushye wifuza kugabanya ibiro n’uwo mubyibuho ukabije, gusa bikaba igihe yarize mu gihe …

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije Read More