Murwego rwo kwegereza no gukangurira abakuru n’abato gusoma ‘Ibitabo’ USAID yatangije imurikagurisha muri Car Free Zone

Mu mujyi wa Kigali rwagati ahzwi nka Car Free Zone , hatangirijwe imurikagurisha ‘Kigali Book Market’aho bagamije kwegereza ndetse no gukangurira abanyarwada kugira umuco wo gusoma ibitabo, kuko ari isoko …

Murwego rwo kwegereza no gukangurira abakuru n’abato gusoma ‘Ibitabo’ USAID yatangije imurikagurisha muri Car Free Zone Read More

Igitaramo 30/40 cya Masamba uzafatanya n’abahanzi bakiri bato gisobanuye iki mu mateka y’abanyarwanda

Umuhanzi w’injyana gakondo Massamba Intore yasobanuye ko impamvu abahanzi bakiri bato ari bo yibanzeho ahitamo abazamufasha kandi nabo agafata bake ntiyafata bose. Mu biganza bya Massamba Intore hanyuzemo abahanzi benshi …

Igitaramo 30/40 cya Masamba uzafatanya n’abahanzi bakiri bato gisobanuye iki mu mateka y’abanyarwanda Read More

#Kwibuka30: Nyuma y’imyaka ine urugendo rwo kwibuka ‘Walk to Remember’ rugiye kongera kuba.

Hari hashize imyaka ine kubera icyorezo cya COVID-19 urugendo rwo kwibuka ‘walk to Remember’ rudakorwa ariko kur’ubu rugiye kongera kuba gusa ku mubare ugereranyije. Buri mwaka itariki 7 Mata Abanyarwanda …

#Kwibuka30: Nyuma y’imyaka ine urugendo rwo kwibuka ‘Walk to Remember’ rugiye kongera kuba. Read More

Sobanukirwa umenye ukuntu Tariki 8 Mata 2024 hazaba ubwirakabiri umucyo ukabura hakaza umwijima

Ubwo isaha y’i Washington D.C muri Leta zunze Ubumwe za Amerika izaba ibara saa munani n’iminota irindwi z’amanywa yo ku wa Mbere, taliki 8 Mata 2024; ubwirakabiri bw’Izuba bwuzuye (total …

Sobanukirwa umenye ukuntu Tariki 8 Mata 2024 hazaba ubwirakabiri umucyo ukabura hakaza umwijima Read More

Igitaramo cy’Inyamibwa kitezwemo umuhanzi wo muri 1:55am , maze n’umuntu uzacyitabira wese ahabwe amafaranga ibihumbi 2000 na RNIT

Imyiteguro y’igitaramo Inkuru ya 30 cyateguwe n’itorero Inyamibwa igeze kure dore ko kizaba kuwa gatandatu tariki 23 Werurwe 2024 muri BK Arena. Mu kiganiro itorero Inyamibwa ryagiranye n’abanyamakuru,  batangaje ko …

Igitaramo cy’Inyamibwa kitezwemo umuhanzi wo muri 1:55am , maze n’umuntu uzacyitabira wese ahabwe amafaranga ibihumbi 2000 na RNIT Read More

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud

I Muhanga muri stade hahuriye imbaga y’abantu baturutse impande n’impande mu muhango wo gusoza icyumweru cy’Ubuskut (scouts), Aho Dj Marnaud na Bwiza bifatanyije n’urubyiruko kwidagadura , maze hakanashimangirwa gukomeza gushyira …

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud Read More

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi

Kuryamana n’abagore cyangwa abakobwa benshi ni bimwe mubyo abantu benshi bafata bitera ibyishimo kuko akenshi ababikora baba bavugako bari kwishimisha. Nubwo usanga abagabo benshi baba baragiye baryamana n’abakobwa benshi , …

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi Read More

Nyuma y’imyaka myinshi Police Fc ibonye igikombe! Imbere ya Minisitiri wa Siporo Apr Fc iratsinzwe.

Ku munsi w’intwari z’igihugu hari hahanzwe amaso umukino w’igikombe cy’intwari wahuje ikipe zose z’umutekano arizo Police fcFna Apr Fc. N’umukino warutegerejwe n’abantu batari bake ndetse n’abakunzi ba ruhago muri rusange …

Nyuma y’imyaka myinshi Police Fc ibonye igikombe! Imbere ya Minisitiri wa Siporo Apr Fc iratsinzwe. Read More