Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y’iwabo, abonye ko yamukomerekeje cyane akeka ko yapfuye nawe ahita yimanika mu kagozi ahita apfa. Ibi byabereye mu Kagari …

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru Read More

Umugore wasambanyijwe n’umwicanyi uteye ubwoba Kazungu Denis yatinyutse aregera urukiko kubya mfura mbi yakorewe

Urukiko rwasubitse iburanisha ryari riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, biturutse ku busabe bw’Ubushinjacyaha kuko Kazungu yari afite imanza ebyiri muri uru rukiko basaba ko zahuzwa. …

Umugore wasambanyijwe n’umwicanyi uteye ubwoba Kazungu Denis yatinyutse aregera urukiko kubya mfura mbi yakorewe Read More

Konti ya Alliah Cool wo muri KBB yo kurubuga rwa Instagram yari yavuyeho bitunguranye irongeye igarukaho

Umunyamidelikazi akaba n’umukinnyi wa filime Isimbi Alliance uzwi ku izina rya Alliah Cool konte ye akoresha ku rubuga rwa Instagramyari yavuyeho ku mpamvu zitahise zimenyekana yongeye kugarukaho. Hashize amasaha arenga …

Konti ya Alliah Cool wo muri KBB yo kurubuga rwa Instagram yari yavuyeho bitunguranye irongeye igarukaho Read More

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Steve Rubanguka agiye kujya gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia

Rubanguka Steve umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda unakinira Amavubi ,  yabonye indi kipe nshya ikomeye yo muri Saudi Arabia  yitwa Al Jandal byamaze kwemezwa ko agiye kujya kuyikinira. Nyuma yo gutandukana na …

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Steve Rubanguka agiye kujya gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia Read More

Nkwifurije kutazisanga hamwe mu hantu nk’aha habi cyane kw’isi! Dore uru n’urutonde rwa gereza 10 mbi kandi ziteye ubwoba kw’isi

Niba warabayeho wifuza kuba mubuzima bwiza ngo uhure n’ibibazo biruta ibindi, nukuri BabiTimes.com ikwifurije kutazisanga uri hamwe mu hantu nkaha tugiye kukubwira, kuriyi nshuro tugiye kureba urutonde rwa za gereza …

Nkwifurije kutazisanga hamwe mu hantu nk’aha habi cyane kw’isi! Dore uru n’urutonde rwa gereza 10 mbi kandi ziteye ubwoba kw’isi Read More

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto)

Turahirwa Moses wamamaye mu guhanga imideri abinyujije mu nzu ye izwi kw’izina rya Moshions , yavuzweho cyane aba umwe mu bari bigaruriye imbuga nkoranyambaga mu minsi ishize bitewe n’amashusho n’amafoto …

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto) Read More