Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana batatu umunsi umwe baguye mu mpanuka y’imodoka. Ibi Minisitiri yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga ze by’umwihariko urukuta rwa …

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6 Read More

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera

Umuherwe Elon Musk arateganya kwirukana 75% by’abakozi ba Twitter naramuka aguze uru rubuga nkoranyambaga. Ikinyamakuru Washington Post cyatangaje ko abantu bagera ku 7.500 bakorera kuri Twitter ariko 75% ku ijana …

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera Read More

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora

Urukundo rwa babiri kirazira kurwivangano, gusa hari ubwo umwe muri bo aba akeneye inama mbere y’uko arukomeza ari nayo mpamvu umusore yatwandikiye atugisha inama ngo amenye niba kwemera ibyo uyu …

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora Read More

Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo amaze kurenza ku amafoto mashya yashyize hanze

Isimbi Noeline n’umukobwa w’umunyarwandakazi wigeze no kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda , maze nyuma yaho uyu mukobwa akaza kwishora mu mwuga w’uburaya , Aha umuntu akibaza niba nk’uyu mukobwa yagira …

Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo amaze kurenza ku amafoto mashya yashyize hanze Read More

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze

Gatete Jimmy wanditse amateka muri ruhago yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi uyu rutahizamu wakiniye amavubi akayageza kure kubera ibitego yatsindaga abarizwa I mahanga Akigera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya …

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze Read More

Ntibisanzwe : Mu Ruhango umuyobozi yaguwe gitumo agiye gusambanya umugore wabandi ngo abone kubaha serivisi

Umukozi ushinzwe ubuzima mu murenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango arashinjwa gusambanya umugore w’undi mugabo nka ruswa yo kugira ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira amashuri abatishoboye. Uyu mukozi …

Ntibisanzwe : Mu Ruhango umuyobozi yaguwe gitumo agiye gusambanya umugore wabandi ngo abone kubaha serivisi Read More

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa

Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. …

Akamaro ko kurya ibihaza /Dore ibyigenzi 7 ibihaza byamarira umubiri wawe harimo no kurinda ubudahangarwa Read More

Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 12 yarihebye kugeza aho yumva ko Imana yamuhemukiye , yamuhaye abana beza

Mukarugwiza Monique ni umukristo, akaba umubyeyi w’abana 2, yamaranye umubabaro imyaka 12 kuko atari yabonye urubyaro. Mu bishoboka byose kwa muganga ntacyo batakoze, babwiwe ko byibura amahirwe ahari ashoboka ari …

Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 12 yarihebye kugeza aho yumva ko Imana yamuhemukiye , yamuhaye abana beza Read More