Reba urutonde rw’abakinnyi 5 bafite abagore beza kurusha abandi ku isi / Christiano niwe ubahiga ikizungerezi

Cristiano Ronaldo utahizamu wa Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Portugal, niwe uyoboboye urutonde rw’abakinnyi b’umupira w’amaguru bafite abagore beza kurusha abandi ku Isi. Abagore n’abakinnyi cyangwa se abakunzi babo …

Reba urutonde rw’abakinnyi 5 bafite abagore beza kurusha abandi ku isi / Christiano niwe ubahiga ikizungerezi Read More

NTIBISANZWE! Umugore yashatse kurya inyama ateka uruhinja yibyariye none ari gukurikiranwa n’inkiko

Umugore witwa Nadio Manjubo yatawe muri yombi na polisi nyuma y’uko ashinjwe kuba yarishe umwana we w’amezi ane witwa Angelo Buga bivugwa ko yaciyemo ibice, akamushyira mu isafuriya akamuteka nyuma …

NTIBISANZWE! Umugore yashatse kurya inyama ateka uruhinja yibyariye none ari gukurikiranwa n’inkiko Read More

NTIBISANZWE: Umusore yateye akabariro iminsi itatu ataruhuka ahita apfa ariwe wizize!

Nyuma yo gufata imiti yongera akanyabugabo maze agahamagara umukunzi we akamusanga muri (Lodge) ibyumba baruhukiramo bagatera akabariro amasaha arenga 72 yose , umusore w’imyaka 30 w’umunya Uganda witwa Justus bamusanze …

NTIBISANZWE: Umusore yateye akabariro iminsi itatu ataruhuka ahita apfa ariwe wizize! Read More

Mbappé umaze gutsindira PSG ibitego byinshi mu mateka yayo yasigajwe inyuma mu myiteguro iyi kipe igiye gukorera Aziya

Ikipe ya Paris Saint-Germain ntiyigeze ijyana rutahizamu wayo, Kylian Mbappé, mu myiteguro y’umwaka mushya w’imikino izakorera mu Buyapani no muri Koreya y’Epfo.Mbappé ufite agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mateka …

Mbappé umaze gutsindira PSG ibitego byinshi mu mateka yayo yasigajwe inyuma mu myiteguro iyi kipe igiye gukorera Aziya Read More

Biteye agahinda uburyo izi nyamanswa uko ari 5 zipfa ziri kubyara abana bazo bakirera

Kubaho kw’ikinyabuzima runaka hakazagera igihe hakabaho kwibaruka nibimwe mu bishimisha ibinyabuzima birimo inyamanswa ndetse n’abantu muri rusange  , Gusa muri izo nyamanswa zibyara siko zose zibasha kurera abo zabyaye . …

Biteye agahinda uburyo izi nyamanswa uko ari 5 zipfa ziri kubyara abana bazo bakirera Read More

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania Zuchu,  mu magambo arimo agahinda n’amaganya menshi yatangaje ko atajya ahirwa mu rukundo kuko igihe cyose abigerageje birangira ababaye kandi yarabyinjiyemo akurikiranye ibyishimo. Umuhanzikazi …

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira Read More