“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize!

Umukinnyi ukomeye muri sinema nyarwanda Uwihoreye Jean Babtiste umaze kubaka izina nka Ndimbati , nyuma igihe afungiye I Mageragere yagizwe umwere ahita afungurwa ako kanya , maze avuga amagambo akomeye …

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize! Read More

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon

Miss Rwanda 2020 Ishimwe Naomie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ubuzima buryohereye amazemo iminsi mu gihugu cya Gabon ari kumwe n’umukunzi we Michael Tesfay bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo …

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon Read More

Mu mukino ukomeye wo gukatisha itike y’igikombe cy’Afurika , Amavubi akoze agashya akubita Libya 3-0 (Reba Amafoto)

Amavubi y’Abatarengeje imyaka 23 yatsinze Libya ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Huye, maze ihakatishiriza itike yo gukomeza mu kindi cyiciro mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera …

Mu mukino ukomeye wo gukatisha itike y’igikombe cy’Afurika , Amavubi akoze agashya akubita Libya 3-0 (Reba Amafoto) Read More

RDC: Abasirikare 11 barimo n’abakoroneri bishe abashinwa bakabiba zahabu basabiwe igihano cyo kwicwa

Abasirikare 11 barimo Abakoloneli babiri b’ingabo za FARDC basabiwe igihano cy’urupfu bazira kwica abashinwa babiri bakoraga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu majyaruguru y’Uburasirazuba bwa Congo. Kuri uyu wa mbere, Ubushinjacyaha …

RDC: Abasirikare 11 barimo n’abakoroneri bishe abashinwa bakabiba zahabu basabiwe igihano cyo kwicwa Read More

Abafana bongeye gushimishwa no kugaruka muri muzika kwa Rihanna uzabasusurutsa mumezi ari imbere

Rihanna yongeye gutanga ibyishimo ku bafana be nyuma yo gutangaza ko agiye kugaruka muri muzika akongera kugaragara ku rubyiniro. Uyu muhanzikaze wakoze indirimbo nyinshi zamamaye cyane kw’isi zirimo n’iyitwa ‘Diamonds’ …

Abafana bongeye gushimishwa no kugaruka muri muzika kwa Rihanna uzabasusurutsa mumezi ari imbere Read More

Amafoto y’indobanure: Muri Seka Live Anne Kansiime yagoroye imbavu z’imbaga n’aba Star benshi bari babucyereye

Mu gitaramo cya Seka Live gitegurwa na Nkusi Arthur , umunyarwenya w’umunya Uganda Anne Kansiime yanyuze imitima y’abari aho ndetse anasangiza abantu inkuru ikomeye y’uburyo yabyaye bigoranye nyuma yigihe kirekire …

Amafoto y’indobanure: Muri Seka Live Anne Kansiime yagoroye imbavu z’imbaga n’aba Star benshi bari babucyereye Read More

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yatangaje ko atari bwitabire ifatwa ry’ifoto rusange y’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu iri bufatwe kuri uyu wa kabiri kuko amasezerano arebana no gucuruza isura ye yongereye …

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto Read More

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo

Ibirayi ni kimwe mu biribwa byibanze ku mubare munini w’Abaturarwanda, akarere ka Musanze niko ka mbere gahingwamo ibirayi byinshi mu Rwanda. Kuri ubu abatuye muri aka karere bumiwe amagambo ashira …

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo Read More

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe

Umutaliyani witwa Marcell Jacobs watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100 mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo mu Buyapani yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize n’umukunzi we Nicole Daza. …

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe Read More

Reba amafoto y’ibyo wahishwe mu birori byateje impagarara kuburyo n’uburundi bwanze kubyihanganira

Guverinoma y’u Burundi yihanije abateguye iserukiramuco rya ‘Nyege Nyege’ muri Uganda, ibashinja kuvogera ingoma zabo. Ibi ikaba yabinyujije muri Minisiteri ishinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Siporo n’Umuco ngo bitarangirira …

Reba amafoto y’ibyo wahishwe mu birori byateje impagarara kuburyo n’uburundi bwanze kubyihanganira Read More