Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi anabiseguraho kubera ibyo yavuze

Itangazo rya Vatican ryavuze ko Papa Francis atashakaga kubabaza umuntu uwo ari we wese ndetse ko asabye imbabazi abantu bakomerekejwe n’ikoreshwa ry’ijambo yavuze ryafashwe nk’imvugo isebanya cyane ku bagabo b’abatinganyi. …

Papa Francis yasabye imbabazi abatinganyi anabiseguraho kubera ibyo yavuze Read More

Umuriro wongeye kwaka muri Cameroun baranatukana , Samuel Etoo aha gasopo umutoza leta iri gutsindagira ikipe

Umuriro wongeye kwaka hagati ya Samuel Eto’o Fils uyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon (FECAFOOT) na Minisiteri ya Siporo muri iki gihugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, FECAFOOT …

Umuriro wongeye kwaka muri Cameroun baranatukana , Samuel Etoo aha gasopo umutoza leta iri gutsindagira ikipe Read More

NTIBISANZWE: Meddy aciye agahigo akora ibitarigeze bikorwa n’undi kuva muzika yabaho / Ateye ubwoba ba Diamond

Umuhanzi w’umunyarwanda Ngabo Médard Jobert usanzwe uzwi nka Meddy usigaye ubarizwa muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika yongeye guca agahigo abandi bahanzi bahora bifuza barimo bituma asingira Diamond. Meddy usigaye waragiye …

NTIBISANZWE: Meddy aciye agahigo akora ibitarigeze bikorwa n’undi kuva muzika yabaho / Ateye ubwoba ba Diamond Read More

NTIBISANZWE: Nyuma yo gukorakorana kwifata bikanga basambaniye mu ndege abagenzi bose bareba

Imbere y’imbaga y’abagenzi benshi bari bari mu ndege ya British Airways  , umugabo n’umugore bafashwe amashusho bari gusambana bose babireba nyuma yo gukorakoranaho maze kwifata bikanga. Aya mashusho atangaje yafatiwe …

NTIBISANZWE: Nyuma yo gukorakorana kwifata bikanga basambaniye mu ndege abagenzi bose bareba Read More

AMAFOTO: Ihere ijisho ubwiza bw’indege idasanzwe Perezida Kagame agendamo

Abayobozi bakuru ni bamwe mu bantu bakora ingendo z’indege cyane kurusha abandi ahanini bitewe n’inzinduko nyinshi baba bafite zihoraho kubera akazi bakora , bityo rero usanga umu perezida ushoboye ashaka …

AMAFOTO: Ihere ijisho ubwiza bw’indege idasanzwe Perezida Kagame agendamo Read More

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije

N’ubwo akenshi umuntu arira hari icyo abaye , ariko noneho ubushakashatsi bwagaragaje ko bishobora kugirira akamaro umuntu ubyibushye wifuza kugabanya ibiro n’uwo mubyibuho ukabije, gusa bikaba igihe yarize mu gihe …

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije Read More

Reba urutonde n’amafoto y’ibyamamare birwaye indwara y’akajagari mu mutwe bayobowe na Chris Brown / Ibimenyetso bya Bipolar Disorder

‘Bipolar Disorder’ cyangwa ‘Manic Depression’ mu ndimi z’amahanga , n’indwara y’akajagari mu ntekerezo ituruka ku mpinduka z’imyifato , ikaba imaze kwibasira benshi kw’isi barimo n’ibyamamare bizwi na bose nka Chris …

Reba urutonde n’amafoto y’ibyamamare birwaye indwara y’akajagari mu mutwe bayobowe na Chris Brown / Ibimenyetso bya Bipolar Disorder Read More