Sobanukirwa umenye ukuntu Tariki 8 Mata 2024 hazaba ubwirakabiri umucyo ukabura hakaza umwijima

Ubwo isaha y’i Washington D.C muri Leta zunze Ubumwe za Amerika izaba ibara saa munani n’iminota irindwi z’amanywa yo ku wa Mbere, taliki 8 Mata 2024; ubwirakabiri bw’Izuba bwuzuye (total …

Sobanukirwa umenye ukuntu Tariki 8 Mata 2024 hazaba ubwirakabiri umucyo ukabura hakaza umwijima Read More

Menya umurongo wo muri bibiliya Diamond Platnumz yasomye akigisha abakiristu atitaye kuba ari umusiramu

Diamond Platnumz yitabiriye ibirori ahabwa umwanya yigisha akoresheje Bibiliya atitaye ko idini asengeramo rya Islam riri mu gisibo. Ni igiterane cyiswe “Shusha Nyavu” aho yari yatumiwe n’umuhanzi uririmba indirimbo zo …

Menya umurongo wo muri bibiliya Diamond Platnumz yasomye akigisha abakiristu atitaye kuba ari umusiramu Read More

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso!

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu basinzira amasha ari munsi y’arindwi nijoro, bafite ibyago byinshi byo kwibasirwa n’indwara y’umuvuduko w’amaraso.Ubu bashashatsi bushya bugiye kumurikirwa n’ikigo cyita ku ndwara z’umutima American College …

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso! Read More

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi

Kuryamana n’abagore cyangwa abakobwa benshi ni bimwe mubyo abantu benshi bafata bitera ibyishimo kuko akenshi ababikora baba bavugako bari kwishimisha. Nubwo usanga abagabo benshi baba baragiye baryamana n’abakobwa benshi , …

Ubahagarariye yasambanyije 20,000! Dore urutonde rw’Ibyamamare 10 byaciye uduhigo two kuryamana n’abagore benshi kw’isi Read More

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha

Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga …

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha Read More