Ese ubu baracyagiyeyo ra? Juno Kizigenza na Ariel Wayz basimbujwe abarundi Double Jay na Kirikou mu bitaramo bari bafite i Burayi

Nyuma y’uko abahanzi Nyarwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza batangaje ko basubitse ibitaramo bagombaga gukorera i Burayi, icyagombaga kubera i Brussels mu Bubiligi basimbujwe Double Jay na Kirikou. Mu mpera …

Ese ubu baracyagiyeyo ra? Juno Kizigenza na Ariel Wayz basimbujwe abarundi Double Jay na Kirikou mu bitaramo bari bafite i Burayi Read More

Umutingito wa ‘magnitude’ 6,3? Abarenga 1000 bahise bahasiga ubuzima mu mutingito wibasiye Afghanistan yahise ijya mu marira n’agahinda

Inzego zishinzwe ubutabazi ziri kurwana no gutabara abagwiriwe n’inzu nyuma y’umutingito ukomeye wibasiye Akarere k’Uburengerazuba bwa Afghanistan. Birakekwa ko abarenga 1000 baba bahitanywe n’uwo mutingito wa ‘magnitude’ 6,3 wasenye Intara …

Umutingito wa ‘magnitude’ 6,3? Abarenga 1000 bahise bahasiga ubuzima mu mutingito wibasiye Afghanistan yahise ijya mu marira n’agahinda Read More

Nyuma yo gushyira hanze album yise “For All The Dogs.” umuraperi Drake yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki kubera uburwayi amaranye igihe

Umuraperi Drake yahishuye ko agiye kuba afashe ikiruhuko mu muziki ku bw’ibibazo by’ubuzima akomora ku ndwara y’igifu amaranye imyaka myinshi. Uyu muraperi w’umunya-Canada yatangaje ko agiye kuba ahagaritse umuziki yakoraga …

Nyuma yo gushyira hanze album yise “For All The Dogs.” umuraperi Drake yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki kubera uburwayi amaranye igihe Read More

“Warakoze kuduhitamo” Dore amagambo ateye ubwuzu Neymar Jr. yabwiye umwana wabo wabonye izuba ari uwa 2 kuri se (Reba Amafoto)

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Neymar Jr n’umukunzi we Bruna Biancardi bibarutse nyuma y’igihe kinini babiteguje. Uyu mukinnyi uheruka kwerekeza mu ikipe ya Al-Hilal yo muri Arabia Saudite, niwe watangaje …

“Warakoze kuduhitamo” Dore amagambo ateye ubwuzu Neymar Jr. yabwiye umwana wabo wabonye izuba ari uwa 2 kuri se (Reba Amafoto) Read More

Mu Burusiya drone nyiyahuzi zadurubanganyije umutekano w’inzu ya Putin aba ari kuruhukiramo hashya byinshi kubera uburemere by’igisasu cyaturitse

Indege nto itagira umupilote (drone) yari yikoreye ibisasu, yasandariye hafi y’inzu ya Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, aho akunda gufatira ibiruhuko by’impeshyi ku Nyanja y’Umukara. Amashusho ya videwo arimo gucicikana …

Mu Burusiya drone nyiyahuzi zadurubanganyije umutekano w’inzu ya Putin aba ari kuruhukiramo hashya byinshi kubera uburemere by’igisasu cyaturitse Read More

Dore ibi nibyo bihugu 10 biberamo ibyaha byinshi kurusha ibindi muri Afurika / DRC Congo niyo iyoboye kubera ubugome buhaba

Afurika iri mu migabane ya mbere iberamo ibyaha birimo ubwicanyi bwinshi bushingiye ku mpamvu nyinshi gusa hari ibihugu bihora mu itangazamakuru kubera kwicana kw’ababituye. Hasohotse urutonde rw’ibihugu 10 bya Afrika …

Dore ibi nibyo bihugu 10 biberamo ibyaha byinshi kurusha ibindi muri Afurika / DRC Congo niyo iyoboye kubera ubugome buhaba Read More