Igitaramo 30/40 cya Masamba uzafatanya n’abahanzi bakiri bato gisobanuye iki mu mateka y’abanyarwanda

Umuhanzi w’injyana gakondo Massamba Intore yasobanuye ko impamvu abahanzi bakiri bato ari bo yibanzeho ahitamo abazamufasha kandi nabo agafata bake ntiyafata bose. Mu biganza bya Massamba Intore hanyuzemo abahanzi benshi …

Igitaramo 30/40 cya Masamba uzafatanya n’abahanzi bakiri bato gisobanuye iki mu mateka y’abanyarwanda Read More

Umwihariko n’udushya mu birori by’igitaramo The Keza Camp Out Experience cyazinduye Sheebah Karungi

Umuhanzikazi w’umunya Uganda ukunzwe n’a banyarwanda cyane Sheebah Karungi ari I Kigali aho yaje kwitabira I gitaramo ‘The Keza Camp Out Experience  kitezwemo udushya twinshi. Kuri uyu munsi tariki y’a …

Umwihariko n’udushya mu birori by’igitaramo The Keza Camp Out Experience cyazinduye Sheebah Karungi Read More

SPECIAL SUNDAY: Ibintu biraba ari ibicika muri ZagNut kuri tureba Final na Bushali adususurutsa

Kuri iki cyumweru kidasanzwe ZagNut yateguye ibirori bidasanzwe bikubiyemo Umuhuro , Kureba Final ya Euro ndetse n’umuhanzi Bushali uraba asusurutsa abahari. kuri iki cyumweru tariki ya 14 Nyakanga 2024 ni …

SPECIAL SUNDAY: Ibintu biraba ari ibicika muri ZagNut kuri tureba Final na Bushali adususurutsa Read More

VIDEO:Ibyo kwitega muri film nshya y’abanyarwanda izajya igaragara kuri TV zirimo izo muri Amerika nahandi mu mahanga

Mu mateka y’u Rwanda hagiye gukorwa filime mpuzamahanga izajya igaragara ku ma tereviziyo yo muri Amerika n’ahandi kuburyo bazamenya ubuhanga bwa’abanyarwanda n’umuco wabo. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Eric Kabera wamamaye …

VIDEO:Ibyo kwitega muri film nshya y’abanyarwanda izajya igaragara kuri TV zirimo izo muri Amerika nahandi mu mahanga Read More

(VIDEO): Rusine uri mu bagiye guhurira n’umunyarwenya w’icyamamare Doctall Kingslay yavuze uburyo ukukundo rwamuzonze

Rusine Patrick agiye gufatanya n’abandi banyarwenya barimo icyamamare Doctall Kingslay wo muri Nigeria gusueurutsa abazitabira iserukiramuco rya Iwacu Summer Comedy. Ubwo habaga ikiganiro cyahuzaga abanyamakuru ndetse n’abanyarwenya batandukanye Rusine yavuze …

(VIDEO): Rusine uri mu bagiye guhurira n’umunyarwenya w’icyamamare Doctall Kingslay yavuze uburyo ukukundo rwamuzonze Read More

Cyusa Ibrahim yavuze uzaza mu gitaramo ntabire icyuya azasubizwa ayo yishyuye kubera imiteguro idasanzwe

Cyusa Ibrahim wamamaye mu njyana gakondo agiye gukora igitaramo gikomeye yise Migabo Live Concert yateguye mu rwego rwo gushimira perezida Kagame Paul wakoze ibikorwa by’ubutwari mu myaka 30 ishize u …

Cyusa Ibrahim yavuze uzaza mu gitaramo ntabire icyuya azasubizwa ayo yishyuye kubera imiteguro idasanzwe Read More

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore

Ariel Wayz wavuzwe cyane mu rukundo na Juno Kizigenza bagashwana mu buryo bwamushenguye umutima bikanababaza abakunzi babo n’abamuzika muri rusange , yavuzeko yamaze kubona undi mukunzi ati “Narafashwe” Ibi Ariel …

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore Read More

Reba Amafoto 15 mashya y’ubwiza n’imiterere ya Miss Mutesi Jolly wagize icyo avuga ku kuba hari umusore wo mu Rwanda wabasha kumurongora

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly ukomeje kuvugisha abantu amangambure kubera mafoto agaragaza ubwiza n’imiterere bye ndetse n’ibikorwa by’indashyikirwa ari kugenda agaragaramo , yatunguranye ubwo yasubizaga uwari uvuze ko nta musore …

Reba Amafoto 15 mashya y’ubwiza n’imiterere ya Miss Mutesi Jolly wagize icyo avuga ku kuba hari umusore wo mu Rwanda wabasha kumurongora Read More

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!)

Akenshi ukunda kumva abahanga muby’ubuzima bagira inama abantu babakangurira gukora siporo kugirango bagir ubuzima bwiza , ariko muri izo siporo bavuga kubyina n’ibyambere kuko ari umwe mu myitozo benshi bakora …

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!) Read More

Ese koko Dj Brianne yaba yaribagishije ngo azane munda heza? Ashyize ukuri kose hanze

Gateka Esther Brianne uzwi nka Dj Brianne yemeje ko ifoto ye imaze iminsi ikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragara yarananutse ari iye ariko atari ukwibagisha nk’uko bivugwa. Hashize iminsi ku mbuga …

Ese koko Dj Brianne yaba yaribagishije ngo azane munda heza? Ashyize ukuri kose hanze Read More