Disi yari yapfuye mbere ajya ku kazi atazi ibyabaye / Josiane Mwiseneza wamamaye muri Miss Rwanda yapfushije nyina

Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Nyampinga ukunzwe cyane ‘Miss Popularity 2019’ muri Miss Rwanda, ari mu gahinda gakomeye ko kubura umubyeyi we, Mukamudenge Judith. Mu kiganiro gito Josiane yagiranye na …

Disi yari yapfuye mbere ajya ku kazi atazi ibyabaye / Josiane Mwiseneza wamamaye muri Miss Rwanda yapfushije nyina Read More

Nguru uruhuri rw’Amafoto ari Sexy ya Alyn Sano atuma bamusotora ngo n’indaya , ikirara n’ibindi / Uyu muhanzikazi dore uko yasobanuye ikibimutera

Ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hacicikana ibitekerezo bitandukanye by’abantu bibaza ku myambarire Alyn Sano aherutse kugaragara yaserukanye mu bitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ ndetse n’indi yamuranze mbere yaho yatumye …

Nguru uruhuri rw’Amafoto ari Sexy ya Alyn Sano atuma bamusotora ngo n’indaya , ikirara n’ibindi / Uyu muhanzikazi dore uko yasobanuye ikibimutera Read More

Ese ubu baracyagiyeyo ra? Juno Kizigenza na Ariel Wayz basimbujwe abarundi Double Jay na Kirikou mu bitaramo bari bafite i Burayi

Nyuma y’uko abahanzi Nyarwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza batangaje ko basubitse ibitaramo bagombaga gukorera i Burayi, icyagombaga kubera i Brussels mu Bubiligi basimbujwe Double Jay na Kirikou. Mu mpera …

Ese ubu baracyagiyeyo ra? Juno Kizigenza na Ariel Wayz basimbujwe abarundi Double Jay na Kirikou mu bitaramo bari bafite i Burayi Read More

Nyuma yo gushyira hanze album yise “For All The Dogs.” umuraperi Drake yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki kubera uburwayi amaranye igihe

Umuraperi Drake yahishuye ko agiye kuba afashe ikiruhuko mu muziki ku bw’ibibazo by’ubuzima akomora ku ndwara y’igifu amaranye imyaka myinshi. Uyu muraperi w’umunya-Canada yatangaje ko agiye kuba ahagaritse umuziki yakoraga …

Nyuma yo gushyira hanze album yise “For All The Dogs.” umuraperi Drake yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki kubera uburwayi amaranye igihe Read More